Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu Ntara ya Kasai, yemeje ko niba ikibazo...
Kuri iki Cyumweru, abigaragambyaga babarirwa mu bihumbi bagiye mu mihanda irimo urubura y’umurwa mukuru wa Koreya y’Epfo, Seoul, bamwe barwanya ifatwa rya Perezida Yoon Suk Yeol wahagaritswe ku...
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yavuze ko indwara ya Malariya mu Rwanda
ikomeje kwiyongera kubera ko imibu iyitera ikomeje kwiyongera, kugira ubudahangarwa ku miti, no kuba iruma abantu...
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yavuze ko nta gahunda ihari yo kuba ubuyoboza bwasinyisha rutahizamu wa APR FC, Apam Assongwe Bemol, ko ababivuga ari...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubwikorezi, RTDA, cyatangaje ko umuhanda wa Prince House-Giporoso-Masaka uzatangira kuvugururwa muri Mata 2025, kandi ko uzashyirwaho igice cyo hejuru...
Umutoza wa Rayon Sports, Robertinho ntazatoza umukino wa Police Fc nyuma yo kumenyesha ikipe ko afite ikibazo cy’uburwayi bw’ijisho agomba kubanza kubagwa.
Leta ya Ghana yatangaje ko guhera muri uku kwezi kwa Mutarama 2025, Abanyafurika bose bazajya binjira muri iki gihugu nta Visa basabwa, nyuma y’uko Perezida Nana Akufo-Addo yemeje uyu mwanzuro mu...