Binyuze ku mujyanama we ushinzwe itumanaho, Fifi Masuka Saïni, Guverineri w’Intara ya Lualaba, yahamagariye urubyiruko kujya mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Josué...
Intambara zo mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, iki gihugu gihanganyemo n’umutwe wa M23 zatumye gifunga ikirere ku ndege zose za Rwandair.
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Gashyantare, ibitangazamakuru mu gihugu byatangaje ko byibuze abantu 52 baguye mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba z’umutwe wa CODECO mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa...
Ku wa kabiri, mu Rwanda habaye impanuka ikomeye y’imodoka itwara abagenzi yarenze umuhanda ibirinduka ku musozi uhanamye ihitana hafi kimwe cya kabiri cy’abari bayirimo.
Umutwe wa M23 watangaje ko wamenye amakuru y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi ziri mu myiteguro yo kuwugabaho ibitero bikomeye.
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 10 Gashyantare yihanganishije imiryango 16 yaburiye ababo mu bisasu ingabo za Kongo n’abo bafatanyije kurwanya M23 baherutse kurasa mu Rwanda.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka risubizaho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika, avuga ko imiheha ikoze mu mpapuro yari yarayisimbuye idakomera.
Guy Kabombo Mwadiamvita uyobora Minisiteri y’ingabo yagiye mu Mujyi wa Beni( niwo Leta isigaye yita Umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru) ngo aganire n’abasirikare bahakorera, abahe morale yo...
“Turavuga tuti: ‘Ibisubizo by’Abanyafurika ku bibazo by’Afurika?’ Ibyo ntibikora kuri Madamu Wagner [wa RDC]! Kuri we Ibisubizo ku bibazo bya RDC ni ibihano u Budage, u Bubiligi n’u Bwongereza...