skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

RDC: Inzego ziri gushishikariza urubyiruko kujya muri FARDC ngo batere u Rwanda

Binyuze ku mujyanama we ushinzwe itumanaho, Fifi Masuka Saïni, Guverineri w’Intara ya Lualaba, yahamagariye urubyiruko kujya mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Josué...
12 February 2025 Yasuwe: 760 0

RDC yafunze ikirere cyayo ku ndege za Rwandair kabone n’aho zaba zerekeza ahandi

Intambara zo mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, iki gihugu gihanganyemo n’umutwe wa M23 zatumye gifunga ikirere ku ndege zose za Rwandair.
12 February 2025 Yasuwe: 1258 0

Ituri: CODECO irashinjwa kwica abaturage basaga 50

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Gashyantare, ibitangazamakuru mu gihugu byatangaje ko byibuze abantu 52 baguye mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba z’umutwe wa CODECO mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa...
12 February 2025 Yasuwe: 269 0

Bugesera: Ku myaka 77 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, dosiye y’umugabo w’imyaka 77 wasambanyije umwana w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko, bumusabira gufungwa...
12 February 2025 Yasuwe: 506 0

Impanuka 7 zishe abantu benshi kurusha izindi mu myaka 10 ishize mu Rwanda

Ku wa kabiri, mu Rwanda habaye impanuka ikomeye y’imodoka itwara abagenzi yarenze umuhanda ibirinduka ku musozi uhanamye ihitana hafi kimwe cya kabiri cy’abari bayirimo.
12 February 2025 Yasuwe: 1499 0

FARDC n’Ingabo z’u Burundi batangiye imyiteguro yo kugaba ibitero karahabutaka kuri M23

Umutwe wa M23 watangaje ko wamenye amakuru y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi ziri mu myiteguro yo kuwugabaho ibitero bikomeye.
12 February 2025 Yasuwe: 816 0

U Rwanda rwihanganishije ababuriye ababo mu bisasu bya FARDC

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 10 Gashyantare yihanganishije imiryango 16 yaburiye ababo mu bisasu ingabo za Kongo n’abo bafatanyije kurwanya M23 baherutse kurasa mu Rwanda.
11 February 2025 Yasuwe: 999 0

Trump yasubijeho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka risubizaho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika, avuga ko imiheha ikoze mu mpapuro yari yarayisimbuye idakomera.
11 February 2025 Yasuwe: 834 0

Minisitiri W’Ingabo Yagiye i Beni Kuziganiriza Uko Zakoma Imbere M23

Guy Kabombo Mwadiamvita uyobora Minisiteri y’ingabo yagiye mu Mujyi wa Beni( niwo Leta isigaye yita Umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru) ngo aganire n’abasirikare bahakorera, abahe morale yo...
11 February 2025 Yasuwe: 1758 0

Minisitiri wa RDC yarahugiye mu gusabira u Rwanda ibihano bituma asiba inama

“Turavuga tuti: ‘Ibisubizo by’Abanyafurika ku bibazo by’Afurika?’ Ibyo ntibikora kuri Madamu Wagner [wa RDC]! Kuri we Ibisubizo ku bibazo bya RDC ni ibihano u Budage, u Bubiligi n’u Bwongereza...
11 February 2025 Yasuwe: 1109 0