Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagaragaje ko ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu Burasirazuba bwa RDC (SAMIDRC) zizataha mu gihe imyanzuro yafatiwe mu Nama Idasanzwe...
Abantu bitwaje intwaro, bikekwa ko barimo n’abasirikare ba leta na Wazalendo, bateye impagarara mu mpera z’icyumweru mu mujyi wa Bukavu n’inkengero zawo no mu duce twa Kavumu, Katana muri teritwari...
Mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona, Rayon Sports yanganyije na Musanze FC ibitego 2-2, ikinyuranyo cy’amanota yarushaga ikipe y’Ingabo, gitangira kuganyuka.
Perezida wa Repubilika Paul Kagame yavuze ko intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ishingiye ku moko, kandi ko igira ingaruka zitaziguye ku Rwanda.
Perezida w’inama nkuru y’Ubumwe bw’Uburayi yavuze ko yizeye ko mu nama igiye kubera i Dar es Salaam hazaba ibiganiro byubaka kandi ko "igisubizo kirambye ku mahoro mu karere kigomba kuboneka"
Abashinzwe iperereza muri Uganda baraye basaka ingo z’abakozi ba Banki nkuru ya Uganda ngo barebe ko hari uwo basangana amwe mu mafaranga menshi iyi Banki yibwe.
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ifite gahunda yo kuvugurura ingengo y’imari y’u Rwanda ikiyongeraho Miliyari Frw 126.3 azakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025.