skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

U Rwanda rwashimangiye kudakuraho ubwirinzi ku mipaka,na gihamya y’ibinyoma bya Ramaphosa

Minisitiri Nduhungirehe yabigaragaje kuri uyu wa 30 Mutarama 2025 mu kiganiro Face The Nation gitegurwa n’Umunyamakuru Clement Manyathela, kikanyura kuri Televiziyo ya SABC News yo muri Afurika...
31 January 2025 Yasuwe: 723 0

merica yabujije abaturage bayo gukorera ingendo muri DR.Congo

Ambasade ya Leta zunze ubumwe za America i Kinshasa yasohoye itangazo ribuza abaturage b’icyo gihugu gukorra ingendo muri Congo Kinshasa.
30 January 2025 Yasuwe: 1141 0

Umuyobozi Wa M 23 avuze gahunda bafite ari ukuzaruhuka bafashe Kinshasa

Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa.
30 January 2025 Yasuwe: 2037 0

Umuhinzi wa Nyamasheke yasanze amasasu mu murima we

Umuhinzi witwa Izabayo Gervais wo mu Karere ka Nyamasheke yasanze amasasu mu isambu ye ubwo yari arimo guca imirwanyasuri.
30 January 2025 Yasuwe: 1164 0

Intambara iri kuba muri Kongo ntitunguranye-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko ibyago by’intambara abaturage bo mu burasirazuba bwa Congo barimo bidatunguranye, kuko ngo byahereye mu myaka irenga 20 ishize ubwo Abatutsi...
30 January 2025 Yasuwe: 1218 0

UEFA Champions League: PSG, Man City, Real Madrid na Bayern Munich muri kamarampaka

Imikino ya UEFA Champions League yabaye mu Ijoro ryo ku wa 30 Mutarama 2025, yasize amakipe akomeye arimo Manchester City, Real Madrid, Bayern Munich, Paris Saint-Germain n’izindi, agomba gukina...
30 January 2025 Yasuwe: 1248 0

Papa Francis yasabye impande zihanganye muri RDC guhagarika imirwano

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye impande zihanganye muri Repubulika iharanira Demokaarsi ya Congo guhagarika imirwano, babigirira abaturage ba Goma.
30 January 2025 Yasuwe: 509 0

SADC yateranyije inama y’igitaraganya muri Tanzania

Umuryango uhuza ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, wakoze inama y’igitaraganya i Dar es Salaam muri Tanzania, ihuza abakuru b’ibihugu bawugize.
29 January 2025 Yasuwe: 2544 0

Felix Kulayigye uvugira igisirikare UPDF cya Uganda , yazamuwe mu ntera

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yazamuye mu ntera Brig Gen Felix Kulayigye, usanzwe ari Umuvugizi w’Igisirikare cy’iki gihugu, UPDF, amuha ipeti rya Major General.
29 January 2025 Yasuwe: 621 0

Police yeretse Rayon ko yabyinnye mbere y’umuziki iyisezerera mu gikombe cy’Intwarimuri

Mu mukino wa ½ w’irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari cy’uyu mwaka, ikipe ya Police FC yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1, iyiha ubutumwa ko ruhago idakinirwa mu magambo nyuma y’uko Umuvugizi wa...
29 January 2025 Yasuwe: 426 0