Minisitiri Nduhungirehe yabigaragaje kuri uyu wa 30 Mutarama 2025 mu kiganiro Face The Nation gitegurwa n’Umunyamakuru Clement Manyathela, kikanyura kuri Televiziyo ya SABC News yo muri Afurika...
Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko ibyago by’intambara abaturage bo mu burasirazuba bwa Congo barimo bidatunguranye, kuko ngo byahereye mu myaka irenga 20 ishize ubwo Abatutsi...
Imikino ya UEFA Champions League yabaye mu Ijoro ryo ku wa 30 Mutarama 2025, yasize amakipe akomeye arimo Manchester City, Real Madrid, Bayern Munich, Paris Saint-Germain n’izindi, agomba gukina...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye impande zihanganye muri Repubulika iharanira Demokaarsi ya Congo guhagarika imirwano, babigirira abaturage ba Goma.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yazamuye mu ntera Brig Gen Felix Kulayigye, usanzwe ari Umuvugizi w’Igisirikare cy’iki gihugu, UPDF, amuha ipeti rya Major General.
Mu mukino wa ½ w’irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari cy’uyu mwaka, ikipe ya Police FC yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1, iyiha ubutumwa ko ruhago idakinirwa mu magambo nyuma y’uko Umuvugizi wa...