Umugabo witwa Niyomugabo Fabien na Nyiraguhirwa Théopiste bafungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe, nyuma yo gufatirwa mu nzu ye yararanyemo uyu mugore w’inshoreke.
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Mutarama 2025, watangaje ko wivuganye Général-Major Peter Nkuba Cirimwami wari Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ba ofisiye icyenda mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) basoje amasomo ya gisirikare y’imyaka ine mu mashuri makuru ya gisirikade atandukanye yo mu gihugu cya Qatar, mu birori byabaye tariki ya 22 na 23...
Umucamanza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ibikubiye mu iteka rya Perezida Donald Trump byo kutemerera ubwenegihugu bw’inkomoko umwana uvukiye ku butaka bwa Amerika bibaye...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye by’igisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, yahamagariye abaturage kujya mu myigaragambyo yamagana...
Amakuru ava mu Burundi, aremeza ko i Bitaro bya gisirikare bya Kamenge, biherereye mu Mujyi wa Bujumbura, birwariyemo inkomere nyinshi zakomerekeye ku rugamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi...