Amashimwe ni yose kuri DJ Brianne uhamya ko yasimbutse umunsi wari umukomereye nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), uretse gukorwaho iperereza ku byaha binyuranye...
Perezida watowe muri Amerika Donald Trump arahira kuri uyu wa mbere, yijeje ko agiye gushyiraho izindi ngamba nshya zikakaye zo kugabanya umubare w’abimukira binjira mu gihugu. Ibyo Donald Trump...
Hari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran.
Umudiplomate ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, yatangaje ko Amerika yashatse kwagurira umushinga wayo w’ishoramari muri Afurika mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariko...