Polisi ya Kenya yataye muri yombi umugabo wari utwaye umurambo wacagaguwemo ibice awutwaye mu gikapu cye cyo mu mugongo, amakuru avuga ko uwo mugabo yavuze ko ari uw’umugore we w’imyaka 19.
Abasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko bo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, barashwe n’Umupolisi ubwo yabatahuraga aho bari bihishe nyuma yo gufata ku ngufu no kwica urubozo...
Lt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki...
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye muri Tanzania no mu Karere, Diamond Platinumz, yahakanye yivuye inyuma ko atigeze agirana umubano wihariye n’umuhanzi Zuchu bamaze imyaka itatu bavugwa mu...
Urwego rw’Ubungenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Musenyeri Dr Mugisha Mugiraneza Samuel wahagaritswe n’Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda ku buyobozi bwa Diosezi ya Shyira.
Umutwe wa M23 nyuma yo kwigarurira Umujyi wa Minova wo muri Teritwari ya Karehe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Mbere wigaruriye utundi duce tw’ingenzi.
Myugariro w’ikipe y’igihugu “Amavubi” Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ yabazwe ivi kubera imvune yagiriye mu ikipe ye ya AEL Limasol yo mu cyiciro cya mbere muri Chypre.