Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, ku bibazo by’umutekano mucye muri Congo, bemeranya ko...
Impunzi z’Abanyekongo zisaga 1200 zimaze kwakirwa mu nkambi ya Rugerero iherereye mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba, ziturutse mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yatangaje ko ibisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda, birashwe n’ingabo za Congo , byishe abantu icyenda bo mu karere ka Rubavu.
Bamwe mu bari mu mujyi wa Goma baratangaza ko kuva mu ijoro ryacyeye kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri hatakiri kumvikana amasasu menshi nko ku wa mbere, ni nyuma y’imirwano yabaye ku wa...
Perezida Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ku ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.