skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Umuturage wa Nyamasheke afunzwe azira kwiba inkoko no gukoresha urumogi

Sibomana Jean Bosco w’imyaka 27, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Shangi mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa inkoko yibye arimo azigurisha mu isoko rya Bushenge, yabajijwe ibyangombwa...
4 February 2025 Yasuwe: 399 0

Umucamanza n’umugabo we batawe muri yombi bazira ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatagaje ko rwafunze Uwingabiye Delphine, Umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gatunda ukurikiranweho kwaka no kwakira ruswa, yizeza umuturage kuzatsinda...
4 February 2025 Yasuwe: 377 0

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu biganiro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Antoine Felix Tshisekedi, bagiye guhurira mu biganiro ku kibazo cy’umutekano muke mu...
4 February 2025 Yasuwe: 1121 0

“Sinabuza abantu kuvuga icyo bashaka kuvuga” Perezida Kagame ku bamugereranya na Putin

Umunyamakuru Larry Madowo yabwiye Perezida Kagame ko hari abamugereranya na Vladmir Putin w’u Burusiya ku bibazo afitanye na Ukraine, aho yafashije inyeshyamba gufata agace ka Donbad mu 2014.
4 February 2025 Yasuwe: 1065 0

RDC: Kiliziya n’andi madini bahaye Tshisekedi ’umushinga wo gusohoka mu kaga’

Abakuru ba Kiliziya Gatorika n’Abaporotestanti muri DRC Congo batangaje ko bashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ’umushinga wo gusohoka mu ngorane’ kandi ko yawakiriye neza.
4 February 2025 Yasuwe: 1821 0

Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda ubwicanyi i Goma

Umuvugizi wa leta ya Kinshasa – aterekanye ibihamya - yatangaje ko mu mujyi wa Goma hari "imirambo irenga 2,000 ikeneye guhambwa".
4 February 2025 Yasuwe: 953 0

Intambara y’Uburusiya na Ukraine:Amerika ishaka ko Zelensky ategura amatora ya Perezida

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishaka ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ategura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, bitarenze impera z’uyu mwaka.
2 February 2025 Yasuwe: 588 0

Akayabo Elon Musk yakoresheje mu bikorwa byo kwiyamamaza Trump kamenyekanye

Komisiyo y’Amatora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umunyemari Elon Musk, yatanze inkunga ya miliyoni 288$ mu bikorwa byo kwiyamamaza kwa Donald Trump.
2 February 2025 Yasuwe: 712 0

U Rwanda rwahishuye ko Congo na FDLR byari bifite gahunda yo kurutera

Guverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, Iza SADC n’Abacanshuro b’Abanyaburayi ryari...
2 February 2025 Yasuwe: 1134 0

Nduhungirehe yasubije Ndayishimiye ushinja u Rwanda uruhare mu mutekano mucye wa Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yagize icyo avuga ku magambo ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wavuze ko “ u Rwanda rufite...
2 February 2025 Yasuwe: 624 0