Sibomana Jean Bosco w’imyaka 27, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Shangi mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa inkoko yibye arimo azigurisha mu isoko rya Bushenge, yabajijwe ibyangombwa...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Antoine Felix Tshisekedi, bagiye guhurira mu biganiro ku kibazo cy’umutekano muke mu...
Umunyamakuru Larry Madowo yabwiye Perezida Kagame ko hari abamugereranya na Vladmir Putin w’u Burusiya ku bibazo afitanye na Ukraine, aho yafashije inyeshyamba gufata agace ka Donbad mu 2014.
Abakuru ba Kiliziya Gatorika n’Abaporotestanti muri DRC Congo batangaje ko bashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ’umushinga wo gusohoka mu ngorane’ kandi ko yawakiriye neza.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishaka ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ategura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, bitarenze impera z’uyu mwaka.
Komisiyo y’Amatora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umunyemari Elon Musk, yatanze inkunga ya miliyoni 288$ mu bikorwa byo kwiyamamaza kwa Donald Trump.