skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

RSSB yatanze umucyo ku makuru ayishinja kugira agahato ubwizigame bwa EjoHeza

Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta gahato karimo, ahubwo ko umunyamuryango wayo yungukirwa buri mwaka amafaranga angana na 12% by’ayo...
11 January 2025 Yasuwe: 545 0

Yambaye gisirikare ngo yemeze inkumi bimubyarira akaga

Muri Tanzania, umusore yagejejwe imbere y’urukiko, nyuma yo gufatwa yambaye imyenda ya gisirikare kandi atari umusirikare, akabikora agamije kugira ngo yemeze umukobwa...
11 January 2025 Yasuwe: 1085 0

Umukire utunzi ibinyacumi by’amamodoka n’Inzu amagana mu mugi wa Kigali ari imbere y’ubutabera

Nyanza: Ubushinjacyaha buravuga ko Niyitegeka Eliezel yasoreshaga ubutaka bwa leta byanatumye akuramo imodoka zirenga 25, etage mu mujyi wa Kigali n’ibindi atunze atabasha gusobanura aho...
11 January 2025 Yasuwe: 4856 0

Kapiteni Traoré yitwaje imbunda mu irahira rya Perezida wa Ghana piteza impungenge

Umutegetsi wa gisirikare wa Burkina Faso Kapiteni Ibrahim Traoré yateje impungenge ubwo ku wa kabiri yitabiraga umuhango w’irahira rya Perezida wa Ghana John Mahama afite imbunda nto ya pisitori ku...
10 January 2025 Yasuwe: 4002 0

Perezida KAGAME yavuze ku bacuruzi basabwa ubukode mu madolari

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko abacuruzi bakwaga ubukode mu madolari bigomba gucika kuko bidakurikije amategeko.
10 January 2025 Yasuwe: 705 0

Insengero zafunzwe kubera ko hari ibyo zitari zifite zizagenzurwa zikomorerwa

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko insengero zari zarafunzwe, zizagenzurwa harebwa izujuje ibisabwa zizakomorerwa.
10 January 2025 Yasuwe: 584 0

Hari imwe mu mihanda n’amasangano y’imihanda biteganyijwe kubakwa muri uyu mwaka

Muri uyu mwaka wa 2025 hari imishinga yo kubaka imihanda n’amasangano y’imihanda (rond-point), bikazakemura ibibazo by’umubyigano w’ibinyabiziga mu Mujyi wa...
10 January 2025 Yasuwe: 750 0

Umugabo yafatanywe igihanga cy’ingona mu muzigo ku kibuga cy’indege cy’i Delhi

Abategetsi bo mu Buhinde bavuga ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi kubera gutwara amagufa y’igihanga cy’ingona mu muzigo...
10 January 2025 Yasuwe: 395 0

Perezida Biden YABWIYE Trumpa ko yari kumitsinda iyo yitabira amatora

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari gutsinda Donald Trump mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu Ugushyingo 2024.
9 January 2025 Yasuwe: 289 0

RBC yatangaje ko Nta bwoko bushya bw’ibicurane bwagaragaye mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko mu Rwanda nta bwoko bushya bw’ibicurane buhagaragara, ni nyuma y’uko muri ibi bihe abantu bafite indwara y’ibicurane.
8 January 2025 Yasuwe: 470 0
0 | ... | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | ... | 4400