Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta gahato karimo, ahubwo ko umunyamuryango wayo yungukirwa buri mwaka amafaranga angana na 12% by’ayo...
Umutegetsi wa gisirikare wa Burkina Faso Kapiteni Ibrahim Traoré yateje impungenge ubwo ku wa kabiri yitabiraga umuhango w’irahira rya Perezida wa Ghana John Mahama afite imbunda nto ya pisitori ku...
Muri uyu mwaka wa 2025 hari imishinga yo kubaka imihanda n’amasangano y’imihanda (rond-point), bikazakemura ibibazo by’umubyigano w’ibinyabiziga mu Mujyi wa...
Abategetsi bo mu Buhinde bavuga ko bataye muri yombi umugabo w’Umunya-Canada ku kibuga cy’indege cy’i Delhi kubera gutwara amagufa y’igihanga cy’ingona mu muzigo...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko mu Rwanda nta bwoko bushya bw’ibicurane buhagaragara, ni nyuma y’uko muri ibi bihe abantu bafite indwara y’ibicurane.