Guhera ku wa 22 kugeza ku wa 24 Nyakanga 2025, I Kigali mu Rwanda hategerejwe inama yiga ku iiterambere ry’ikoranabuhanga muri Afurika (Smart Africa) izaba ibaye ku nshuro ya karindwi.
Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yashwishurije mugenzi we, Donald Trump, amubwira ko nta biganiro bizaba hagati y’ibihugu byombi ndetse ko yabikoraho icyo ashaka cyose.
Indege y’intambara y’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) ku wa mbere yakoze ibitero mu gace ka Minembwe kagenzurwa n’abarwanyi ba Twirwaneho mu ntara ya Kivu y’Epfo,...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe uri i Bruxelles mu Bubiligi, ku wa Mbere yahuye anagirana ibiganiro na Visi-Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja...
Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 10 Werurwe wigaruriye agace ka Kaziba ko mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kukirukanamo ingabo z’u Burundi barwanaga mu mirwano ikomeye.
Rodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines yatawe muri yombi, nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumufata n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumushinja kugira uruhare mu byaha...