Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wo muri Sénégal, El-Hadji Diouf yagiranye ibiganiro na Minisitiri wa Siporo w’u Rwanda, Nelly Mukazayire ku mahirwe ari mu ishoramari ry’imikino mu gihugu.
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere,RGB, kuri uyu wa kane tariki ya 6 Werurwe 2025, rwatangaje ko rwahagaritse imiryango ishingiye ku myemerere, ibiri ariyo Elayono Pentecostal Blessinga Church...
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 5 Werurwe 2025, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba Gombo, yashinje, uwahoze ari perezida wa DRC, Joseph Kabila Kabange,...
Ikipe y’Igihugu y’Abagore yazamutse imyanya itatu ku rutonde rw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), aho yagiye ku mwanya wa 165 ivuye ku wa 168.
Uwamahoro Valentine w’imyaka umunani y’amavuko, wo mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba yagonzwe n’ikamyo ya FUSO ubwo yari kumwe na bagenzi be bavuye kwiga ahita yitaba Imana.
Nyuma y’amezi atatu yongeye gutorerwa kuba umuyobozi wa Ghana, John Dramani Mahama yari mu ruzinduko rw’akazi i Abidjan ku wa Gatatu, aho yavuganye na mugenzi we Alassane Ouattara. Ku murongo...
Kuri uyu wa Kane tariki 06 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Repubulika ya Czech,...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yaburiye Hamas bwa nyuma ayibwira ko igomba kurekura Abisiraheli bafashwe bugwate mu ntambara yabahuje na Isiraheli bafungiwe muri Gaza.