Minisiteri y’Ingabo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko yasubukuye gahunda yo guha Ukraine inkunga mu bya gisirikare no gusangira na Kyiv amakuru y’ubutasi.
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aherutse kugurira i Kampala uruzinduko rw’ibanga rwasize ahuye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yateye utwatsi ibirego bya Leta y’iki gihugu bimushinja kuba akorana n’umutwe witwaje intwaro wa M23.
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yagaragaje ko kaminuza zikwiye gushyira imbaraga mu bushakashatsi bugamije iterambere rirambye no kugabanya icyuho cy’ubumenyi zitanga n’ubukenewe ku isoko...