Inama y’Abaminisitiri yagize Col Pacifique Kayigamba Kabanda Umunyamanaganga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, asimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari uri kuri uwo mwanya kuva muri Mata 2018.
Ubwo yagezaga ijambo kuri bagenzi be ba EAC na SADC bari bitabiriye Inama yabahuje mu buryo bw’ikoranabuhanga, Perezida Kagame yababwiye ko intambara akenshi iterwa n’akarengane mu bantu.
Abakuru b’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) bakoze impinduka mu bahuza bashya mu makimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yababajwe cyane no kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaramushinje guhamagarira...
Lt. Gen. Jules Banza, Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, yageze ku Cyumweru, itariki ya 23 Werurwe 2025, i Kisangani, umurwa mukuru w’Intara ya Tshopo, mu rwego rwo kugenzura ingabo no kureba ko...
Abarimo abayobozi b’inzego zitandukanye za Rayon Sports n’abandi bavuga rikumvikana bari mu itsinda rya “Special Supporting Team”, bigabanyije mu matsinda umunani yiswe imiryango, agamije gutegura...
Qatar ivuga ko ishima ibyatangajwe na leta y’u Rwanda na leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byo kwiyemeza "guhosha no kugabanya ubushyamirane mu burasirazuba bwa Congo", bijyanye n’itangazo...