skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

RIB yafunze Kayiranga wari ushinzwe imyubakire mu Karere ka Gasabo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwataye muri yombi Kayiranga Robert w’imyaka 36, wari umukozi ushinzwe ubugenzuzi bw’imyubakire mu Karere ka Gasabo, akurikiranyweho icyaha cyo gusaba no...
29 April 2025 Yasuwe: 1028 0

Ibivugwa ko bigenza Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi mu karere

Ari i Bujumbura mu mpera z’iki cyumweru, Maxime Prevot, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi yavuze ko atari "impanuka" kuba yasuye u Burundi nyuma yo kuva i Kampala. Avuye i Bujumbura...
28 April 2025 Yasuwe: 1455 0

Nta nzira y’ubusamo-Yolande Makolo ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyiye imbere ya Amerika

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko nta nzira y’ubusamo igomba kubaho mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano aganisha ku mahoro, u Rwanda na Repubulika Iharanira...
26 April 2025 Yasuwe: 1084 0

Kuri ubu turishimira ko umubano w’u Rwanda na Kiliziya Gatolika ushingiye ku kuri - Minisitiri w’Intebe Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yagaragaje ko Guverinoma y’u Rwanda ishima uruhare Papa Francis yagize mu kuyunga Kiliziya Gatolika n’u Rwanda, asaba ko umurage asize usigasirwa uko...
26 April 2025 Yasuwe: 229 0

Umuti mushya wa malaria ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda hose

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko umuti mushya wo kuvura malaria ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda hose, ukazajya uhabwa abantu bayirwaye by’umwihariko ufite iy’igikatu wananiwe no...
26 April 2025 Yasuwe: 450 0

’Benshi muri twe batangiye kwiheba’ – umurwayi wa SIDA wahabwaga imiti na USAID

Nyuma y’icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’umuryango w’Abanyamerika utanga imfashanyo (USAID), hari impungenge ko ingaruka zizaba nyinshi ku mibereho y’abatari bacye.
25 April 2025 Yasuwe: 903 0

Uruzinduko rwa Zelensky muri Afurika y’Epfo rwarangiye bihutiyeho

Uruzinduko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yari ari kugirira muri Afurika y’Epfo rwarangiye igitaraganya kubera ibitero u Burusiya bwaraye bugabye mu Murwa Mukuru w’iki gihugu, Kyiv.
24 April 2025 Yasuwe: 930 0

Iminsi isigaye ya Mata iteganyijwemo imvura isanzwe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe serivisi z’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje iminsi isigaye y’ukwezi kwa Mata 2025 izarangwa n’imvura isanzwe itazabangamira ubuhinzi.
24 April 2025 Yasuwe: 1441 0

Sobanukira bimwe mu bitera uburwayi bwo mu mutwe

Mu mibereho ya muntu ahura n’ibyiza bikamunezeza, ariko kandi anahura n’ibimubabaza rimwe na rimwe akananirwa kubyakira, bikamuviramo guhungabana bitewe n’impamvu zitandukanye.
24 April 2025 Yasuwe: 714 0

Byiringiro Lague yagaruye umugore n’Abana be mu Rwanda

Rutahizamu wa Police FC, Byiringiro Lague, yakiriye umugore we, Uwase Kelia n’abana be babiri bari barasigaye muri Suède, aho uyu mukinnyi yakinaga mbere yo gutandukana na Sandvikens IF.
24 April 2025 Yasuwe: 900 0