Ari i Bujumbura mu mpera z’iki cyumweru, Maxime Prevot, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi yavuze ko atari "impanuka" kuba yasuye u Burundi nyuma yo kuva i Kampala. Avuye i Bujumbura...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko nta nzira y’ubusamo igomba kubaho mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano aganisha ku mahoro, u Rwanda na Repubulika Iharanira...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yagaragaje ko Guverinoma y’u Rwanda ishima uruhare Papa Francis yagize mu kuyunga Kiliziya Gatolika n’u Rwanda, asaba ko umurage asize usigasirwa uko...