Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahakanye ibiheruka gutangazwa na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, wavuze ko u Burusiya bushaka guhosha intambara muri Ukraine...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakuriye inzira ku murima abaturage be bari kugaragaza ko hagomba kuba amatora ya Perezida n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, ababwira ko ahubwo...
Ihuriro AFC/M23 ku cyumweru tariki ya 16 Gashyantare 2025, ryasabye Guverinoma iyobowe na Felix Tshisekedi kwemera ibiganiro nyuma yaho ritangaje ko ryafashe umujyi wa Bukavu, uri mu ntara ya...
Ku Cyumweru tariki 16 Gashyantare 2025, ikipe ya APR FC yatsinze AS Kigali ibitego 2-1 ibifashijwemo na rutahizamu Mamadou Sy, watsinze igitego cyo ku munota wa nyuma ikomeza kotsa igitutu Rayon...
Amakuru yasakaye mu itangazamakuru ryo mu karere u Rwanda ruherereyemo, aravuga ko mu mujyi wa Bujumbura, inzego z’Umutekano zafashe Abanyarwanda benshi n’Abanyekongo b’Abanyamulenge zikabapakira...
Ministiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Marco Rubio ari i Yerusalemu aho yagiranye ibiganiro na Ministiri w’intebe wa Isirayeli Benjamini Netanyahu yavuze ko Amerika ishyigikiye byimazeyo intambara...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yateguje ko ku wa 09 Kamena 2025 umubyeyi we akaba na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, azahabwa ipeti rya ‘Maréchal’ nk’ipeti...
Umutwe wa M23 wasohoye itangazo usaba abaturage b’umujyi wa Bukavu gushyiraho "abantu b’inyangamugayo" ngo babayobore, nyuma y’uko uvuze ko "nyuma yo gutsindwa" ingabo za leta n’abafatanya na zo...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, baganira ku ngingo zitandukanye zirimo izireba Akarere ndetse n’Umugabane wa Afurika muri...