Mu gihe igitutu gikomeza kwiyongera, leta ya DR Congo ikomeje guhagarara ku cymezo cyayo cyo kutagirana ibiganiro bitaziguye n’umutwe wa M23 umaze gufata ibice bitandukanye mu burasirazuba bw’iki...
Mu minsi ishize i Tokyo mu Buyapani, imashini muntu [robot] ikoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano [AI], yitwa AIREC ifite ibiro 150 kg, yagaragaje ubushobozi bwayo mu kwita ku bantu, aho...
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yari iteganyijwe ku wa 28 Gashyantare 2025,...
Ihuriro AFC/M23 yatangaje ko yashyizeho Guverineri na n’abungirije guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo nyuma y’inama yabereye mu Mujyi wa Bukavu ikaza gusozwa inaturikijwemo...