Guverineri w’intara ya Kivu y’Epfo ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko akorera i Uvira, kandi ibiro bya perezida w’iki gihugu bivuga ko Perezida Tshisekedi yamutegetse gukomeza...
Urubanza rw’abasirikare b’ingabo za FARDC bagera kuri 60 bataye urugamba bagahunga bagakora ibikorwa by’ubugizi bwa nabi rwatangiye kuburanishwa ku wa mbere mu mujyi wa Butembo w’intara ya Kivu ya...
Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, aherutse gutangaza amagambo akomeye kuri Winnie Byanyima, umugore wa Dr. Kizza...
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya, Olusegun Obasanjo wahoze ari uwa Nigeria na Hailemariam Desalegn Boshe wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, bagizwe abahuza b’ibiganiro bya...
Abasirikare hafi 200 bakeneye ubuvuzi barimo aba Afurika y’Epfo, Malawi na Tanzania bari muri DR Congo mu butumwa buzwi nka SAMIDRC bavuye i Goma bambuka umupaka binjira mu Rwanda bajya i Kigali...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025, umuhanzi w’icyamamare John Legend n’itsinda bazanye mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi bunamira inzirakarengane...
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall Ngagne ashobora kumara amezi icyenda adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune ikomeye ku mukino ikipe ye yanganyijemo na Amagaju FC igitego...
Robyn Fenty uzwi nka Rihanna yasobanuye ko impamvu yatumye atinda gushyira hanze album yasezeranyije abakunzi be, ari uko yifuza ko izaba ikozwe neza, ifite umwihariko uzitandukanya...