Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko idashidikanya ku bushake bwa Perezida Paul Kagame bwo kubahiriza ibikubiye mu masezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Abanyarwanda batuye muri Luxembourg no mu nkengero zaho n’inshuti zabo bagiye guhurira mu birori byo kwizihiza Umunsi Mukuru wo Kwibohora wizihijwe ku nshuro ya 31.
Minisitiri w’Ingabo wa Iran, Israel Katz yatangaje ko bari gutegura igisirikare cya Israel kiri gutegura imigambi izatuma Iran itongera kubangamira umutekano wa Israel.
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko bumvikanye n’Ingabo z’u Rwanda, ku bijyanye no kongera ibyumweru bibiri kuri gahunda yo kuvura abaturage, nyuma yo gusanga hari benshi batari...
Umujyanama mukuru wa Perezida Trump kuri Afurika avuga ko ibiganiro hagati ya leta ya Kinshasa na M23 bishobora kugera "ku cyiciro cya nyuma" muri iki cyumweru, gusa amakuru avuga ko intumwa...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yifurije Abanyarwanda umunsi mwiza wo kwibohora, ashimangira ko urugamba Perezida Paul Kagame n’ingabo yari ayoboye batangije ari...