Kuri uyu wa Mbere, ikipe ya APR FC yatangaje ko yasinyishije rutahizamu w’Umunya-Cote d’Ivoire William Togui Mel na myugariro Nduwayo Alex wakiniraga Gasogi United.
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, MINAFFET, yatangaje ko hari icyizere ko amasezerano u Rwanda na DRC byashyiriyeho umukono i Washington muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ashobora...
Mu byo DR Congo n’u Rwanda byumvikanye mu masezerano y’amahoro ya Washington harimo kurandura umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali, uyu mutwe watangaje ko kuwusenya "ntibizakemura ikibazo".
Perezida w’Amerika Donald Trump yanenze bikomeye Elon Musk wahoze ari inshuti ye ikomeye nyuma ya gahunda y’uyu muherwe utunze za miliyari z’amadolari yo gushinga ishyaka rya politike rishya.
Perezida wa Repuburika Paul Kagame avuga ko mu myaka ine ishize, Isi yose yateraniye ku Rwanda akumirwa agereranyije n’u Rwanda azi, akibaza uko ruteranirwaho n’Isi yose n’ukuntu bishoboka, akibaza...
Abakiri bato m Burundi bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise Boost kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Uretse abana bafite guhera ku myaka 16, iki kiyobyabwenge kiri no mu bakuru.