Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) izagira uruhare mu biganiro bya Luanda n’inyeshyamba za M23 (AFC-M23), kabone niyo, kuri iki cyiciro, bikigoye kumenya abazaba bagize intumwa, nk’uko...
Umutwe wa M23 kuva mu mpera z’icyumweru gishize uragenzura umujyi wa Kibua wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kuwirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Perezida Kagame kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe 2025 yongeye kwihanangiriza igihugu cy’u Bubiligi cyahoze gikolonije u Rwanda, agaragaza ko ari cyo nyirabayazana y’ibibazo byose biri mu...
Minisitiri wungirije w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya yavuze ko iki gihugu kizashaka ko umuryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN) ucyizeza ko utazemerera Ukraine kuwinjiramo ndetse ko mu...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, bigeze kure umugambi wo kwimura Abanya-Palestine bo muri Gaza, bagatuzwa mu bihugu bitatu birimo Somalia na Sudani.
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, itariki ya 12 Werurwe, minisiteri y’ibidukikije,gusukura no gutaka Umujyi wa Kinshasa yemeje ko ibikorwa by’umuganda bizwi ku...