skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Rutahizamu wa Liverpool Diogo Jota yitabye Imana mu mpanuka y’imodoka

Rutahizamu wa Liverpool, Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka ku myaka ye 28.
3 July 2025 Yasuwe: 663 0

Ubuzima bushaririye bw’Abagore bo muri RDC batewe inda n’abasirikare ba ONU

Ku ruzuba rumena agahanga, uyu mwana w’imyaka 12 wiswe Dimitri, aryikinze mu kazu gaciriritse k’amabati mu gace kitwa Birere mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
2 July 2025 Yasuwe: 997 0

Real Madrid na Borussia Dortmund zabonye itike ya ¼ cy’irangiza

Real Madrid yatsinze Juventus mu mukino utari urimo guhatana bikomeye, Borussia Dortmund itsinda Monterrey, zombi zihita zibona itike yo kuzahurira muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kiri kubera...
2 July 2025 Yasuwe: 432 0

Massad Boulos-Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC ’ahanini areba M23’

Umujyanama mukuru wa Perezida w’Amerika Donald Trump kuri Afurika yabwiye BBC News ko ingingo yo gushyira intwaro hasi iri mu masezerano y’amahoro u Rwanda ruherutse kugirana na Repubulika ya...
2 July 2025 Yasuwe: 846 0

MININFRA-Kuzamuka kw’igiciro cya lisansi nta ngaruka zikomeye bizateza

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo (MININFRA), Dr Jimmy Gasore, ari kumwe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), bavuze ko izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli...
2 July 2025 Yasuwe: 302 0

Imyanzuro ya Trump ishobora gutera urupfu rw’ Abarenga miliyoni 14 muri 2030-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bw’Ikinyamakuru mpuzamahanga cy’ubushakashatsi mu buvuzi, bugaragaza ko icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump cyo kugabanya inkunga zashyirwaga mu...
2 July 2025 Yasuwe: 273 0

Umukinnyi Obadiah Noel yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Umunyamerika Obadiah Noel ukinira APR BBC, yamaze kubona ubwenegihugu bw’u Rwanda, akaba atewe ishema no kuba Umunyarwanda.
2 July 2025 Yasuwe: 312 0

Trump yatumiye Perezida Kagame na Tshisekedi mu nama i Washington

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald J. Trump yandikiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Antoine Tshisekedi...
2 July 2025 Yasuwe: 2230 0

Macron na Putin bavuganye kuri telephone nyuma y’imyaka ibiri

Ku wa kabiri Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yavuganye kuri telefone na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin - bwa mbere mu gihe kirenga imyaka ibiri n’amezi atandatu cyari gishize.
2 July 2025 Yasuwe: 269 0

Icyumweru cya mbere cya Nyakanga cyagizwe ikiruhuko rusange

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuva ku wa Kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025 kugeza ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2025, ari iminsi y’ikiruhuko rusange.
20 June 2025 Yasuwe: 1087 0