Ku ruzuba rumena agahanga, uyu mwana w’imyaka 12 wiswe Dimitri, aryikinze mu kazu gaciriritse k’amabati mu gace kitwa Birere mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Umujyanama mukuru wa Perezida w’Amerika Donald Trump kuri Afurika yabwiye BBC News ko ingingo yo gushyira intwaro hasi iri mu masezerano y’amahoro u Rwanda ruherutse kugirana na Repubulika ya...
Minisitiri w’Ibikorwa Remezo (MININFRA), Dr Jimmy Gasore, ari kumwe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), bavuze ko izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli...
Ubushakashatsi bw’Ikinyamakuru mpuzamahanga cy’ubushakashatsi mu buvuzi, bugaragaza ko icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump cyo kugabanya inkunga zashyirwaga mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald J. Trump yandikiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Antoine Tshisekedi...
Ku wa kabiri Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yavuganye kuri telefone na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin - bwa mbere mu gihe kirenga imyaka ibiri n’amezi atandatu cyari gishize.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuva ku wa Kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025 kugeza ku wa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2025, ari iminsi y’ikiruhuko rusange.