Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko atigeze anyurwa n’uburyo iyi kipe yakinnye mu mukino yanyagiyemo AS Muhanga ibitego 4-0 ku Cyumweru, kubera ko ari ibitego byaturutse ku...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko kugeza muri Gicurasi 2025 abaturarwanda bafite akazi bari 53,8 %, bavuye kuri 52,0 % mu gihe nk’icyo mu 2024.
Ishyaka ZANU-PF riri ku butegetsi bwa Zimbabwe ryasabye ANC yo muri Afurika y’Epfo kudakangwa n’ibihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibushinja kubangamira inyungu zabwo no gukorana n’umutwe...
Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga 700,000Frw) ku mwaka kuri buri mwana uri munsi y’imyaka itatu mu muhate mushya wa leta wo gushishikariza abantu kubyara.
Umutwe wa Islamic State (IS) wigambye igitero ku basivile mu gace ka Komanda mu ntara ya Ituri ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho, abantu 45 barimo abari bari gusenga bishwe n’umutwe wa...