skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Perezida wa Rayon yanenze imitoreze ya Lotfi mu mukino yanyagiyemo AS Muhanga

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko atigeze anyurwa n’uburyo iyi kipe yakinnye mu mukino yanyagiyemo AS Muhanga ibitego 4-0 ku Cyumweru, kubera ko ari ibitego byaturutse ku...
29 July 2025 Yasuwe: 600 0

Kanseri y’umwijima ishobora kwikuba kabiri bitarenze mu 2050 - Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko hatagize igikorwa, umubare w’abarwara kanseri y’umwijima ku Isi hose ushobora kwikuba kabiri bitarenze umwaka wa 2050.
29 July 2025 Yasuwe: 661 0

Umubare w’abafite akazi mu Rwanda wariyongereye, ugera kuri 53,8 %

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko kugeza muri Gicurasi 2025 abaturarwanda bafite akazi bari 53,8 %, bavuye kuri 52,0 % mu gihe nk’icyo mu 2024.
29 July 2025 Yasuwe: 185 0

Zimbabwe yasabye Afurika y’Epfo kudakangwa n’ibihano bya Amerika

Ishyaka ZANU-PF riri ku butegetsi bwa Zimbabwe ryasabye ANC yo muri Afurika y’Epfo kudakangwa n’ibihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibushinja kubangamira inyungu zabwo no gukorana n’umutwe...
29 July 2025 Yasuwe: 327 0

Nyabihu: Hari abarimu n’abayobozi b’amashuri bamaze imyaka 20 basiragira ku birarane

Bamwe mu bahoze ari abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bamaze imyaka irenga 20 bishyuza ibirarane by’imishahara bakoreye, ariko kugeza n’ubu bakaba batarishyurwa.
29 July 2025 Yasuwe: 168 0

RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko cy’izabukuru mu birori byo kubashimira umurimo w’indashyikirwa bakoreye Igihugu.
29 July 2025 Yasuwe: 715 0

Leta igiye kujya iha ababyeyi $1,500 ku mwana mu kuzamura imbyaro

Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga 700,000Frw) ku mwaka kuri buri mwana uri munsi y’imyaka itatu mu muhate mushya wa leta wo gushishikariza abantu kubyara.
29 July 2025 Yasuwe: 334 0

DR Congo: Islamic State yigambye igitero cy’i Komanda muri Ituri aho abantu bishwe barimo gusenga

Umutwe wa Islamic State (IS) wigambye igitero ku basivile mu gace ka Komanda mu ntara ya Ituri ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho, abantu 45 barimo abari bari gusenga bishwe n’umutwe wa...
29 July 2025 Yasuwe: 209 0

Muyango yatunguranye mu gitaramo Uwangabiye cyaranzwe n’udushya

Umuhanzi ukora umuziki gakondo akaba n’umwe mu batoza b’Itorero ry’Igihugu, Muyango Jean Marie, yatunguranye ku rubyiniro aririmbira abitabiriye igitaramo ‘Uwangabiye’ Lionel Sentore yamurikiyemo...
28 July 2025 Yasuwe: 942 0

Sahabo yahaye ikaze Gueulette: Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye

Mpera z’icyumweru gishize mu gihugu cy’u Bubiligi hatangiye Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo 2025/26.
28 July 2025 Yasuwe: 547 0