Kuri uyu wa 21 Nzeri 2022,Urukiko rwaburanishije mu mizi urubanza rwa Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco.
Bitandukanye n’uko ubushize yari...
Abaturage mu Rwanda bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro ku masoko yo mu Rwanda. Bamwe bemeza ko hatagizwe igikorwa bashobora kwisanga batakibona n’ifunguro rimwe ku munsi. Barasaba...
Raporo nshya y’abashinzwe iperereza mu muryango w’abibubye yatunze agatoki leta ya Ethiopia kugira uruhare mu byaha byibasira inyokomuntu biri gukorwa mu ntara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia.
Umugore wo muri leta ya California wahimbye ko yashimuswe yakatiwe gufungwa amezi 18 muri gereza kubera kubeshya ibiro by’iperereza by’imbere muri Amerika, FBI.
Umwe mu baririmbyi bazwi cyane mu Burusiya, Alla Pugacheva, yasabye ko abategetsi b’Uburusiya batangaza ko ari "umukozi w’amahanga", mu kwifatanya n’umugabo we Maxim Galkin unenga bikomeye...