Intambara yongeye kwaduka hagati y’ingabo za reta ya Repuburika ya Demokrasi ya Congo n’izo mu mutwe witwaje intwaro wa M23, iminsi ibiri gusa abategetsi b’ibyo bihugu bahuriye i Luanda muri Angola...
Inkubiri yo gusimbura Boris Johnson mu Bwongereza yatangiye ,Nyuma y’aho uyu mutegetsi atangarije ko yeguye ku mirimo yo kuba minisiteri w’intebe w’Ubwongereza.
Abakuru b’ubutasi mu Ubwongereza na Reta Zunze Ubumwe za Amerika bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru maze bababwira ko Ubushinwa bushobora guteza akaga.
Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu Majyepfo ya Ethiopie bwatangaje ko abana bagera kuri 13 bamaze kwicwa n’inzara yatewe n’amapfa akomeje gufata indi ntera ndetse n’intambara yagize ingaruka ku batuye...
Uyu munsi, Boris Johnson aregura ku mwanya wo kuba umukuru w’ishyaka,Conservative,ariko akomeze kuba minisitiri w’intebe w’Ubwongereza kugeza mu muhindo.Ibi byatewe n’igitutu cy’abagize guverinoma...
Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yanditse kuri tweeter ye ubutumwa bushyigikira inyeshyamba za TPLF zirwanira muri...