skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Serena Williams yavuze ukuntu akiri umwana yaterwaga agahinda n’abamugereranyaga n’abagabo kubera imiterere y’umubiri we[AMAFOTO]

Umukinnyi umaze kuba icyamamare mu mukino wa Tennis, Serena Williams yahishuye uburyo yakuze aterwa ipfunwe n’abamugereranyaga n’abagabo kubera imiterere y’umubiri we ndetse ngo yashatse kwiyahura...
10 October 2020 Yasuwe: 1421 0

Umukobwa wari usoje amasomo ye muri Kaminuza yakoze ubukwe nta mugabo barikumwe kubera igitutu yashyirwagaho n’ababyeyi[AMAFOTO]

Uyu munsi igihugu cya Uganda kirikwizihiza umunsi cyaboneyeho ubwigenge, ni ibyishimo bidasanzwe kubaturage bagituye bishimira aho iki gihugu cyavuye naho kigeze ubu, kuri uyu munsi ni umunsi...
10 October 2020 Yasuwe: 22076 3

Muri Zambia umugabo yihakanye umwana we kubera ko amaso ye atameze nk’udusabo twe tw’intanga

Oliver Chirwa, umugabo w’imyaka 37 y’amavuko wo mu Karere ka Lundazi mu Ntara y’Iburasirazuba muri Zambiya, avuga ko abana be bose bafite ijisho rito ry’ibumoso ugereranije n’iry’iburyo kimwe...
9 October 2020 Yasuwe: 2429 0

Ghana:Umuhanga ukiri muto wakoze imodoka ye bwite afite imyaka 14 akomeje gutangaza Isi yose[AMAFOTO]

Mu gihugu cya Ghana, umuhungu ukiri muto ariko w’umuhanga witwa Kelvin Odartei yatangaje abatari bacye kubera ubuhanga bwe nyuma yo kwiyubakira imodoka ye bwite agendamo nubwo benshi batabimucyekaho.
9 October 2020 Yasuwe: 9829 1

Perezida wa Liberiya George Weah yiyamye urubyiruko rumwandikira rumusaba ubufasha

Perezida wa Liberiya, George Weah, yasuzuguye ibyo abona ko ari ubutumwa bugufi bwohererejwe n’urubyiruko rumusaba ubufasha bw’amafaranga kandi ruvuga ko rushyigikiye ishyaka rye riharanira...
9 October 2020 Yasuwe: 1609 0

Urutonde rw’imodoka 10 zihenze cyane kurusha izindi ku isi muri uyu mwaka[AMAFOTO]

Imodoka ni igikoresho gifatwa nk’ikintu cyibanze kuri bamwe kuko, zibafasha koroshya ingendo mubuzima bwabo bwa buri munsi, arinayo mpamvu abifite iyo bagiye guhitamo imodoka bahitamo izijyanye...
9 October 2020 Yasuwe: 6096 0

Minisiteri y’Uburezi yatangiye gukusanya imibare y’abanyeshuri batewe inda,hari abakuriwe kuburyo batabasha kwicara mu ishuri

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) iherutse gutangaza ko yatangiye gukusanya imibare y’abana b’abakobwa batewe inda muri iki gihe bamaze batiga kubera Covid-19, kugira ngo bafashwe, bitazabaviramo...
9 October 2020 Yasuwe: 2785 1

Kemi Olunloyo yibasiye Davido niba ngo ashaka kurongora Chioma Rowland

Umunyamakuru w’inararibonye Kemi Olunloyo yerekeje ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo ahamagare umuririmbyi Davido, asngiza ku rubuga rwe rwa Twitter amuburira ku mugaragaro kudashyingirwa...
9 October 2020 Yasuwe: 1686 0

Urubyiruko ruri kwinjizwa ku bwinshi mu mutwe urwanya leta y’u Rwanda

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres muri raporo nshya y’igihembwe ivuga ku mutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, yavuze ko umutwe wa CNRD...
9 October 2020 Yasuwe: 18027 1

Umukobwa w’imyaka 18 yihinduye nk’umuhungu kugirango yibe moto

Umukobwa w’imyaka 18 yafatiwe muri Pakisitani azira kwiyoberanya nk’umuhungu no kwiba moto i Karachi. Uyu mukobwa ngo yaba yarafashijwe kwiyoberanya n’ingimbi ndetse n’umusore wimyaka 20. Bagenzi...
8 October 2020 Yasuwe: 5417 1