Umukinnyi umaze kuba icyamamare mu mukino wa Tennis, Serena Williams yahishuye uburyo yakuze aterwa ipfunwe n’abamugereranyaga n’abagabo kubera imiterere y’umubiri we ndetse ngo yashatse kwiyahura...
Oliver Chirwa, umugabo w’imyaka 37 y’amavuko wo mu Karere ka Lundazi mu Ntara y’Iburasirazuba muri Zambiya, avuga ko abana be bose bafite ijisho rito ry’ibumoso ugereranije n’iry’iburyo kimwe...
Perezida wa Liberiya, George Weah, yasuzuguye ibyo abona ko ari ubutumwa bugufi bwohererejwe n’urubyiruko rumusaba ubufasha bw’amafaranga kandi ruvuga ko rushyigikiye ishyaka rye riharanira...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres muri raporo nshya y’igihembwe ivuga ku mutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, yavuze ko umutwe wa CNRD...