skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Wari uzi ko wahitamo kubyara umuhungu cyangwa umukobwa igihe ubishakiye?Reba uko wabyitwaramo

Hari abantu bibaza niba bashobora kubyara umuhungu cyangwa umukobwa igihe babyifuza ndetse umwe mu bakunzi bacu akaba yaratubajije iki kibazo. N’ubwo atari ko buri gihe biba bishoboka ariko abanga...
7 October 2020 Yasuwe: 12308 2

Ibyo kurya 10 bifasha kurwanya kuribwa mu ngingo[AMAFOTO]

Kuba wabasha gufungura icupa, kwiyambika imyenda, kwijyana aho ushaka, ni ibintu tuba tubona ko byoroshye, kandi koko nta mbaraga nyinshi bisaba. Nyamara kuri bamwe, kubera indwara zo kuribwa mu...
7 October 2020 Yasuwe: 5093 0

Umwihariko w’inyama y’umwijima

Inyama y’umwijima iri mu nyama zitavugwaho rumwe dore ko hari n’abavuga ko umurwayi w’umwijima aba atemerewe kurya iyi nyama. Nyamara kandi mu 1934, abaganga batatu aribo George Whipple, George...
7 October 2020 Yasuwe: 2671 0

BURUNDI:Itsinda rya Loni rishinzwe iperereza ku bwicanyi bwo muri 2015 ryongerewe igihe cy’umwaka

Itsinda rya Loni rishinzwe iperereza ku Burundi wongewe igihe cy’umwaka umwe. Ni nyuma y’ aho Inama Nkuru ya Loni ku burenganzira bwa muntu itangaza ko mu mezi ya mbere y’ ubutegetsi bwa Perezida...
7 October 2020 Yasuwe: 500 0

Trey Songz yanduye Coronavirus asaba abantu kutaba nka Donald Trump

Umuhanzi w’icyamamare muri America no ku Isi mu njyana ya RnB, Tremaine Aldon Neverson uzwi nka Trey Songz yatangaje ko yanduye icyorezo cya Covid-19. Mu butumwa yatanze yasabye abantu kutamera...
7 October 2020 Yasuwe: 811 0

Matthew Tyler yakatiwe gufungwa imyaka 600 azira gusambanya abana

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umucamanza w’urukiko rw’Akarere ka Cottondale yakatiye umugabo uwitwa Matthew Tyler gufungwa imyaka 600 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwifata amashusho arimo...
7 October 2020 Yasuwe: 1254 0

Uganda: Airtel na MTN bahagaritse serivisi za Mobile Money

Nyuma y’uko byavumbuwe ko hari abajura mu by’ikoranabuhanga binjiriye ububiko bw’ibigo bibiri bikomeye mu itumanaho rya Uganda na Banki imwe, serivisi zo guhererekanya amafaranga mu buryo...
6 October 2020 Yasuwe: 2246 0

Ihere ijisho amafoto agaragaza ibihe bidasanzwe Barack Obama n’umugore we Michelle bamaranye imyaka 28 bari mumunyenga...

Imyaka 28 irashize, Barack Obama na Michele Obama bari mu munyenga w’urukundo, aba bombi ntibasiba kugaragaza ko baryohewe n’urukundo, ndetse babereye bamwe icyitegerezo kubera ukuntu bakunze...
6 October 2020 Yasuwe: 3381 0

Aflatoxins:Uburozi bukomeye ku mubiri

Aflatoxins ni itsinda ry’uburozi (toxins) bukomeye bukorwa na mikorobe zo mu bwoko bw’imiyege (fungi), bukaba buboneka mu bihingwa bitandukanye cyane cyane; ubunyobwa, ibigori n’ipamba.
6 October 2020 Yasuwe: 1857 0

Reba urutonde rwa Zimwe mu mpanuka zitangaje abakoraga imibonano mpuzabitsina bagiye bahura nazo

Ni gake cyane ushobora kumva ko abantu bari gukora imibonano mpuzabitsina bashobora kugira impanuka bigatuma bajyanwa kwa muganga cyangwa se bikaba byabaviramo urupfu.
5 October 2020 Yasuwe: 9421 2