Gushyingiranwa ushaka impapuro zo gutura cyangwa viza zo kujya hanze ni ubucuruzi buri gutera imbere ku isi. Ariko, hari igihe usanga uwo mwashakanye ari gushukwa, akundwa urukundo rw’ibinyoma gusa...
Mu minsi ishize Ali Saleh Kiba uzwi nka ”Alikiba” ubwo yari kuri Radiyo Citizen 106.7 Fm yo muri Kenya mu kiganiro kitwa “Mambo Mseto”, yasobanuye byinshi ku ndirimbo ye nshya yise “Mediocre”,...
NGABO MEDARD yavutse tariki 7 Kanama 1989 azwi cyane ku Izina rya Meddy , ni Umuhanzi w’ Umunyarwanda akaba aririmba mu njyana ya RnB na Pop ni umuririmbyi , umwanditsi w’indirimbo.
Abadepite bo muri Malawi banze imfashanyo y’udukingirizo turenga 200,000 bari bagenewe n’ikigo AIDS Healthcare Foundation cyo muri Amerika cyita ku banduye n’abagizweho ingaruka na SIDA.
Umutoza Jimmy Mulisa wakuriye mu ikipe ya APR FC akanayitoza yatangaje ko aramutse abonye amahirwe yatoza Rayon Sports isanzwe ari umukeba ukomeye w’iyi kipe yamureze.