Kubarwa mu baherwe ba mbere bo muri Afurika ni amahirwe yifuzwa abantu benshi batabaho kwishimira. Bavuga ko kuvuka uri umukene ni byanze bikunze ariko gupfa uri umukene ni amahitamo y’umuntu ku...
Kuri uyu wa 30 Nzeri 2020, Minisiteri y’Umutekano w’Imbere n’Iterambere ry’Abaturage mu Burundi, yanyomoje amakuru avuga ko leta ishaka kwinjiza urubyiruko rw’abashomeri mu gisirikare ku gahato.