skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

EU ntikozwa gukuriraho ibihano Minisitiri Ndirakobuca na Gen. Bizimana bo mu Burundi

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) ntiwiteguye gukurikiraho ibihano Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Gen. Gervais Ndirakobuca na Gen. Godefroid Bizimana bita Ndakugarika wabaye umuyobozi...
30 September 2020 Yasuwe: 1546 0

Ghana:Icyamamarekazi muri Filimi ’Jackie Appiah’ yavuze ku byo kuba ngo atwite inda ya Perezida wa Liberia

Icyamamare Jackie Appiah, umukinnyi w’amafilimi wo mu gihugu cya Ghana, yavuze ku makuru amaze iminsi avugwa ko yaba atwinde inda ya Perezida George Weah wa Liberia, avuga ko atari ukuri.
30 September 2020 Yasuwe: 4845 0

Umwalimu wo muri Kaminuza ya Makerere washyizwe ku karubanda n’umukobwa yasambanyije yifashishije Camera ya Telefone,Yakatiwe

Muri Mata 2018, umunyeshuri wo muri Kenya muri Makerere Univerity, Njoroge Racheal Njeri yahohotewe n’umwalimu we Edward Kisuze wamurigase ku gahato mu myanya ye y’ibanga maze akamufata amashusho...
30 September 2020 Yasuwe: 8276 0

Meya wa Bujumbura yemereye umukecuru kurongorwa n’umusore

Bujumbura muri Zone ya Ngagara, Meya CP Jimmy Hatungimana yemereye umusore n’umukecuru gukora ubukwe nyuma y’impaka zaturutse mu muryango bitewe n’ikinyuranyo cy’imyaka y’abagiye kurushinga.
30 September 2020 Yasuwe: 4035 1

Bimwe mu byo kurya biba byiza kubirya ari bibisi[AMAFOTO]

Mu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. Nyamara hari ibyo dushobora kudateka byakagombye gutekwa nkuko hari n’ibyo duteka byakagombye kudatekwa...
30 September 2020 Yasuwe: 2776 0

Sobanukirwa amagambo “no sugar added” na “sugar free” aboneka ku biribwa n’ibinyobwa

Ibigo binyuranye bishinzwe ubuziranenge ndetse n’ibishinzwe ibiribwa ku isi bisaba inganda zikora ibiribwa cyangwa ibinyobwa gushyira icyapa ku byo zikora cyerekana niba nta sukari yongewemo...
30 September 2020 Yasuwe: 1690 0

Reba ibyiza byo kunywa umutobe wa seleri

Seleri (celery) ni rumwe mu mboga zigomba kuribwa zidatetswe kuko kuziteka byangiza intungamubiri ziba zirimo. Kuba zifatwa ari mbisi bivuze ko no gukoramo umutobe wazo ari ingenzi kandi...
30 September 2020 Yasuwe: 1569 0

Agakoresho gakoreshwa mu gupima byihuse Covid-19 kari gukwirakwizwa ku isi kuri 4,800 FRW

Mu gihe abamaze guhitanwa na Covid-19 ku isi barenze miliyoni, agakoresho gakoreshwa mu gupima byihuse Covid-19, kari gukwirakwizwa ku isi ku buryo budasanzwe.
30 September 2020 Yasuwe: 1219 0

Dore abasore 7 ukwiriye kugendera kure mu rukundo

Ugeze mu myaka y’ubukure kandi koko urabona ukeneye umugabo. Nuko abasore benshi bagasimburana bagutereta nawe ukayoberwa amahitamo. Muri macye umusore w’inzozi zawe kumubona bikakubera ingorabahizi.
30 September 2020 Yasuwe: 3146 0

Nkubi Charles w’imyaka 50 yishe umusore w’imyaka 20 nyuma yo kumugwa gitumo ari gusambana n’umugore we mu rugo rwabo

Abaturage bo muri Zone ya Kiwalimu, Paruwasi ya Wampewo mu Mujyi wa Kasangati, ho m Karere ka Wakiso, rwagati muri Uganda, baguye mu kantu ubwo mu ijoro ryo ku Cyumweru, itariki 27 Nzeri, umugabo...
30 September 2020 Yasuwe: 11808 0