skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Burundi:Umugore wakekwaga ko yapfuye yagaragaye nyuma yo kumushyingura[INKURU MPAMO]

Ubuzima bw’umugore wubatse ntabwo bworoshye kandi rimwe na rimwe abantu benshi barifata bagaha urukundo umuntu mubi. Amateka ya Noela Rukundo ni ikintu kizatwigisha kutongera kwizera kandi...
8 October 2020 Yasuwe: 11733 0

Umutekano w’uburasirazuba utumye Perezida Félix Tshisekedi agiye gutura i Goma

Kuri uyu wa Kane taliki ya 8 Ukwakira 2020, Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko agiye kuba atuye mu mujyi wa Goma mu gihe ashakisha umuti w’ikibazo...
8 October 2020 Yasuwe: 8268 3

Niba ushaka kongera amaraso aya mafunguro ntazagucike

Kugira amaraso macye ni ikibazo gikunze kuba ku barwayi barembye, abakoze impanuka, abagore batwite cyangwa se abafite ikibazo cy’imirire mibi. Akenshi bikaba biterwa nuko insoro zitukura ziba...
8 October 2020 Yasuwe: 3028 0

Rusizi: Urubura rudasanzwe rwangije byinshi rusiga na bamwe mu baturage iheruheru

Nyuma y’igihe abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi bategereje imvura yagira icyo imarira imyaka bari barateye ndetse n’urutoki bavuga ko rwari ruyinyotewe, abo mu midugudu ya...
8 October 2020 Yasuwe: 1845 0

Reba impamvu yateye Rose Muhando gutera umugongo idini rya Islam yavukiyemo akiyegurira Yesu

Rose muhando ni Umunyatanzaniya kazi , umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana akaba n’Umwanditsi w’indirimbo. Yavutse mu mwaka w’ 1975 avukira mu gace ka Dumila ,mu karere ka Kiloso mu ntara...
8 October 2020 Yasuwe: 2629 1

Reba urutonde rw’abagore 3 beza bambara bakaberwa mu bwami bw’Ubwongereza[AMAFOTO]

Iyo Kate na Letizia bagaragaye mu ruhame igihe cyose itangazamakuru rirabakurikira ndetse rikanagira icyo ribatangazaho bijyanye cyane cyane n’ imyambarire yabo dore ko bikoraho rikahava!
8 October 2020 Yasuwe: 7066 0

Biravugwa:Bushali na Slum Drip bongeye gutabwa muri yombi bari kumwe n’abandi bagenzi babo

Umuhanzi Bushali na Slum Drip bamaze kubaka izina mu njyana ya Kinyatrap biravugwa ko bongeye gutabwa muri yombi bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge.
8 October 2020 Yasuwe: 6588 0

Mujawamariya Jeanne D’Arc abona ko abataragezwaho ibikorwaremezo n’abatishoboye badakwiye kwishyura imisoro y’ubutaka

Ubwo Minisitiri w’Ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc yari yitabye Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yababwiye ko igihe cyose abaturage bataragezwaho ibikorwa remezo byagenewe ahari...
8 October 2020 Yasuwe: 946 0

Menya icyateye Alvaro na Neymar gushyamirana bikaviramo Neymar ikarita itukura[AMAFOTO]

Alvaro Gonzalez, myugariro w’umunya-Espagne ukinira ikipe ya Marseille yo mu Bufaransa, yahakanye yivuye inyuma ko nta rondaruhu yigeze akora Neymar, ko ahubwo yagerageje gusubiza amagambo ateye...
7 October 2020 Yasuwe: 2258 1

Felix Kiprono watanze inka 50, intama 70 n’ihene 30 kugira ngo arongore umukobwa wa Barack Obama ni muntu ki?[AMAFOTO]

Umusore wo muri Kenya witwa Felix Kiprono akaba yarize iby’amategeko, yigeze gutanga inka 50, intama 70 n’ihene 30 kugira ngo arongore Malia Obama, umukobwa w’uwabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe...
7 October 2020 Yasuwe: 11200 0