skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba ingaruka zo kuryama cyane zirimo n’urupfu

Ushobora kuba ari ubwa mbere ibi ubyumvise, cg se wari usanzwe ubyumva ko gusinzira cyane bishobora kwica.
24 September 2020 Yasuwe: 1414 0

Habineza François yishwe atemaguwe n’umugore we afatanyije n’abakobwa be batatu

Mu gitondo cyo kuri uyu Gatatu tariki ya 23 Nzeri 2020, umugabo witwa Habineza François wo mu murenge wa Gatore ho mu karere ka Kirehe, yishwe atemaguwe n’umugore we wifatanyije n’abakobwa be batatu.
24 September 2020 Yasuwe: 2329 0

Reba umwanzi ukomeye w’intanga ngabo ukwiriye kwirinda niba wifuza guhorana intanga nzima

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe...
23 September 2020 Yasuwe: 19456 2

Habiyaremye aracyasaba ubutabera nyuma yo kurasirwa muri Kasho

Nyuma yo kurasirwa muri kasho ya polisi ku mpamvu atasobanukiwe, umuturage witwa Habiyaremye Lazare utuye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, aracyasaba kurenganurwa nyuma y’imyaka 7 yose...
23 September 2020 Yasuwe: 2923 0

Ibimenyetso bikwereka ko ugiye kurwara Diabete ku buryo wahita wivuza hakiri kare

Diabete irimo ubwoko bwinshi niyo mpamvu uyu munsi twateganyije kubanza kukubwira ibimenyetso bizakubwira ko ugiye kurwara Diabete yo mu bwoko bwa kabiri!
23 September 2020 Yasuwe: 9385 1

Zuba yahishuye uburyo yemera Nyabingi na Ryangombe atemera Yesu na Mohamed,asobanura n’impamvu itangaje

Umugabo uzwi nka Muganga Zuba wagize umwuga ubuvuzi gakondo yatunguranye avuga uburyo atemera Yesu na Mohamed ahubwo ko yemera Nyabingi na Ryangombe ndetse avuga n’impamvu.
23 September 2020 Yasuwe: 2234 1

Ibi bimenyetso niba ubyibonaho menya ko indwara y’umutima iri gukomanga

Umutima n’imwe mu ndwara zihitana umubare w’abantu benshi mu mwaka ariko kandi muri abo bose nta n’umwe uwurwara atabanje kugira ibimemyetso ndetse ku buryo aramutse yitaye ku marenga umubiri uba...
23 September 2020 Yasuwe: 13870 1

Reba ibintu 10 bya mbere mu gutera umutwe birimo n’Imibonano, n’uburyo wahangana na byo

Kurwara umutwe ni ikibazo kigera kuri buri wese mu buzima bwe bwa buri munsi. Nubwo bamwe twibwira ko ari ibintu byoroshye nyamara hari abarwara umutwe ukabagezayo pe.
23 September 2020 Yasuwe: 16422 0

Indirimbo ya mbere Diamond yarakoranye na Zuchu yasibwe n’umuhinde kuri Youtube imaze kurebwa n’abarenga Miliyoni 2[AMAFOTO]

Indirimbo ya mbere Diamond Platmunz yari akoranye na Zuchu, umukobwa mushya uri kubarizwa muri Wasafi, yasibwe imaze icyumweru kimwe igiye hanze.
23 September 2020 Yasuwe: 3139 0

Congo:Radio RPE yafunze imiryango kubera iterabwoba ryinshi ry’inyeshyamba

Guhera ku wa Gatandatu ushize, Radio RPE (Radio du Peuple pour son Education) ivugira Njiapanda, muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru, yafunze imiryango yayo kubera iterabwoba ryinshi...
23 September 2020 Yasuwe: 580 0