Mu gitondo cyo kuri uyu Gatatu tariki ya 23 Nzeri 2020, umugabo witwa Habineza François wo mu murenge wa Gatore ho mu karere ka Kirehe, yishwe atemaguwe n’umugore we wifatanyije n’abakobwa be batatu.
Nyuma yo kurasirwa muri kasho ya polisi ku mpamvu atasobanukiwe, umuturage witwa Habiyaremye Lazare utuye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, aracyasaba kurenganurwa nyuma y’imyaka 7 yose...
Umutima n’imwe mu ndwara zihitana umubare w’abantu benshi mu mwaka ariko kandi muri abo bose nta n’umwe uwurwara atabanje kugira ibimemyetso ndetse ku buryo aramutse yitaye ku marenga umubiri uba...
Kurwara umutwe ni ikibazo kigera kuri buri wese mu buzima bwe bwa buri munsi. Nubwo bamwe twibwira ko ari ibintu byoroshye nyamara hari abarwara umutwe ukabagezayo pe.
Guhera ku wa Gatandatu ushize, Radio RPE (Radio du Peuple pour son Education) ivugira Njiapanda, muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru, yafunze imiryango yayo kubera iterabwoba ryinshi...