skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Musanze:Salongo yahurije hamwe abagore be 8 abaha impano z’uko bamwakiriye neza kandi babanye nawe neza[AMAFOTO]

Umunyamakuru wa BBC dukesha iyi nkuru yasanze iwe abagore be bahahuriye, aha umugore muto Iradukunda Isimbi yahaye impano bakeba be barindwi ngo kuko bamwakiriye kandi babanye nawe neza.
21 September 2020 Yasuwe: 8834 0

Umugore yatangaje benshi ubwo yashyiraga hanze amafoto avuga ko yizihiza isabukuru y’imyaka 40[AMAFOTO]

Umugore wo mugihugu cya Afurika y’epfo yatangaje benshi ubwo yagaragazaga amafoto yizihiza isabukuru ye y’amavuko.
21 September 2020 Yasuwe: 7205 0

Reba ibyo utazi ku mwambaro wa “BIKINI” uvugisha abatari bake[AMAFOTO]

Muri iki gihe, umwambaro wa Bikini wambarwa nabakobwa n’abagore bagiye mu bikorwa byo kwidagadura,koga, no kumurika imideri. Uri mu myenda ikunzwe cyane ndetse abantu biganjemo abaririmbyi...
21 September 2020 Yasuwe: 2365 0

Zirikana ibi bintu niba wifuza kongera ibiro,Umenye n’udukoryo mu kurya twabigufashamo

Muri iki gihe abantu benshi bari mu nkundura yo gushaka uko bagabanya ibiro dore ko kugira ibiro birenze ibikenewe bifite ingaruka nyinshi ku buzima harimo indwara zinyuranye z’umutima, diyabete...
21 September 2020 Yasuwe: 6650 2

Nyuma y’amezi atari make,Siporo rusange yongeye gusubukurwa mu mujyi wa Kigali yitabirwa n’abarimo Minisitiri wa Siporo[AMAFOTO]

Nyuma y’iminsi 204 siporo rusange ya Car Free Day ihagaritswe nk’imwe mu ngamba zo gukumira icyorezo cya Coronavirus, kuri iki Cyumweru yongeye gusubukurwa mu Mujyi wa Kigali yitabirwa n’abarimo...
21 September 2020 Yasuwe: 1030 0

Young Grace ku isabukuru ye y’amavuko yari mu gitanda n’umurundo w’indabyo[AMAFOTO]

Umuhanzikazi Abayizera Grace wamamaye mu njyana ya hip hop nka Young Grace, yizihije isabukuru y’amavuko, ashima ibyiza Imana yamukoreye.
21 September 2020 Yasuwe: 8255 0

Perezida Magufuli yifuza ko Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yayobora inama y’Abakuru b’Ibihugu y’Umuryango w’Afurika...

Perezida Evariste Ndayishimiye yishimiwe cyane na Perezida wa Repubulika ya Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli ku buryo yifuza ko yayobora Inama y’Abakuru b’Ibihugu y’Umuryango w’Afurika...
20 September 2020 Yasuwe: 5336 0

FBI iri guhiga bukware Abashinwa 5 bagize itsinda rizwi nka APT 41

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nzeri 2020, Urwego rushinzwe iperereza rwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, FBI, rwatangaje ko ruri gushakisha Abashinwa batanu bagize itsinda ry’abajura bifashisha...
20 September 2020 Yasuwe: 3174 0

Menya umugore wa mbere wa Adam utari Eva n’uburyo yaryamanye na Adam mu rwego rwo kwihorera,Ntiyigeze avugwa

Ibitabo by’amateka birimo Ibitabo Byera bivuga kuri Eva nk’umugore wa mbere kwisi nyuma yo kuremwa kuva mu rubavu rwa Adamu ariko bitavuzwe kuri Lilith, umugore wa mbere waremewe mu ibumba rimwe...
20 September 2020 Yasuwe: 9228 1

Dore impamvu 5 ugomba kubira ibyuya kenshi

Kubira ibyuya bibaho kenshi igihe uri muri sport, cg se igihe uri ahantu hafunganye kandi hashyushye. Nubwo hari abo bibangamira, gusa kubira ibyuya ni ingenzi cyane kuko bifasha ubuzima bwawe cyane.
20 September 2020 Yasuwe: 3654 0