skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Menya ibyo wakorera umukunzi wawe bigatuma akomeza kukubaha no kugukundwakaza

1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje cg se k’ibanga ujye ukoresha kumwongorera, ngo kuko ibi bituma yumva...
19 September 2020 Yasuwe: 3329 1

Diamond yashimishijwe cyane no kuba ariwe muhanzi w’umunyafurika, ugaragara kuri album y’umunyamerika Alicia Keys[AMAFOTO]

Umuhanzi wo mugihu cya Tanzania, Diamond Platnumz yagaragaje ibyishimo bidasanzwe nk’umwe mubahanzi bo muri Afurika bagiye kugaragara kuri Album nshya y’umuhanzikazi Alicia Keys.
19 September 2020 Yasuwe: 1593 0

Abatunze za Miliyari z’amafaranga basabwe kugoboka abakomeje kwibasirwa n’inzara

Ku wa Kane tariki ya 17 Nzeri 2020, Umuyobozi w’ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku Isi (PAM), David Beasley yasabye abaherwe batunze za miliyari kugira umutima utabara abantu miliyoni 30 avuga ko...
19 September 2020 Yasuwe: 499 0

Tuyisenge w’imyaka 23 yishe umugore we Claudine w’imyaka 32 bapfa Telefone

Mu Mudugudu wa Mikingo, Akagari ka Mudakama, Umurenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, umugabo w’imyaka 23 witwa Tuyisenge, yishe umugore we w’imyaka 32 witwa Uwurukundo Claudine amuteye icyuma,...
19 September 2020 Yasuwe: 8333 1

Congo:Iperereza rirarimbanije ku kayabo k’amafaranga yo guhemba abakozi ba leta yaburiwe irengero

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iperereza ku irengero rya miliyoni zisaga 250 z’amadolari yari agenewe guhemba abakozi ba leta rirakomeje nyuma ubushinjacyaha bukuru bwegereye Urukiko...
18 September 2020 Yasuwe: 1147 0

Kizito Mihigo yahawe igihembo cya ‘Václav Havel International’, bwa mbere gihawe umuntu utakiriho

Bwa mbere mu mateka, Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, HRF (Human Righs Foundation), wahaye umuhanzi Kizito Mihigo igihembo cya ‘Václav Havel International Prize for...
18 September 2020 Yasuwe: 4947 0

Bimwe mu byamamare bikomeye byiyemeje gukurikiranira hafi urubanza rwa Rusesabagina

George Clooney, icyamamare muri cinema, n’umugore we Amal Clooney, biyememje kuzakurikiranira hafi urubanza rwa Paul Rusesabagina nk’uko byatangajwe na Fondasiyo yitiriwe Clooney.
18 September 2020 Yasuwe: 4481 0

Paul Rusesabagina yahishuye ko ubwo yatabwaga muri yombi yari aziko agiye mu Burundi

Kuwa Kabiri tariki ya 15 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina watangiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo, yatangaje ko yatawe muri yombi yari azi agiye mu Burundi mu nama z’amatorero yatumiwemo...
18 September 2020 Yasuwe: 5717 1

Menya itandukaniro riri hagati y’imboga n’imbuto

Usanga abantu hafi ya bose bazi ko kurya imboga n’imbuto ari byiza ku buzima kandi bifitiye akamaro umubiri wacu. Nyamara nanone nta gushidikanya ko bamwe bashobora kuba hari imboga bita imbuto...
18 September 2020 Yasuwe: 1610 0

Ubutegetsi bushya bw’u Burundi nta kizere bufitiwe mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu

Ubutegetsi bushya bw’u Burundi buyobowe na Perezida Evariste Ndayishimiye nta kizere bufitiwe mu kuzana impinduka mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu nkuko bigaragazwa na Raporo nshya ya komisiyo...
18 September 2020 Yasuwe: 769 0