Ku wa Kane tariki ya 17 Nzeri 2020, Umuyobozi w’ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku Isi (PAM), David Beasley yasabye abaherwe batunze za miliyari kugira umutima utabara abantu miliyoni 30 avuga ko...
Mu Mudugudu wa Mikingo, Akagari ka Mudakama, Umurenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, umugabo w’imyaka 23 witwa Tuyisenge, yishe umugore we w’imyaka 32 witwa Uwurukundo Claudine amuteye icyuma,...
George Clooney, icyamamare muri cinema, n’umugore we Amal Clooney, biyememje kuzakurikiranira hafi urubanza rwa Paul Rusesabagina nk’uko byatangajwe na Fondasiyo yitiriwe Clooney.
Kuwa Kabiri tariki ya 15 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina watangiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo, yatangaje ko yatawe muri yombi yari azi agiye mu Burundi mu nama z’amatorero yatumiwemo...
Usanga abantu hafi ya bose bazi ko kurya imboga n’imbuto ari byiza ku buzima kandi bifitiye akamaro umubiri wacu. Nyamara nanone nta gushidikanya ko bamwe bashobora kuba hari imboga bita imbuto...
Ubutegetsi bushya bw’u Burundi buyobowe na Perezida Evariste Ndayishimiye nta kizere bufitiwe mu kuzana impinduka mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu nkuko bigaragazwa na Raporo nshya ya komisiyo...