skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba akamaro k’imbuto za watermelon ku buzima bw’umuntu

Akenshi ukunze gusanga abantu benshi barya watermelon, bakuramo imbuto zayo bakazijugunya. Aya ni amakosa akomeye cyane, kuko imbuto za watermelon zifitiye akamaro kanini ubuzima bwacu.
14 September 2020 Yasuwe: 5815 0

Sacha Kate wakundanyeho na Nizzo yavuze uburyo atakundana n’umusore ngo nuko ari mwiza mugihe nta mafaranga afite

Sacha Kate wabaye umuhanzikazi ndetse wanakundanye na Nizzo Kaboss wo muri Urban Boyz wanabyaranye na Dj Toyxxk,yemeza ko atakunda umusore ngo ni uko ari mwiza mu gihe adafite amafaranga.
14 September 2020 Yasuwe: 6804 0

Reba ibizakwereka ko umuhungu mukundana atakubeshya cyangwa ngo akubangikanye nabandi

Buri mukobwa wese uri mu rukundo aba akeneye kwizera ko umuhungu bakundana atamubeshya cyangwa ngo amubangikanye n’abandi.
14 September 2020 Yasuwe: 8078 0

Couple y’umugabo w’ibiro 25,ufite uruhu rukanyaraye n’umukobwa w’ikibuno gitangaje ikomeje gutungura benshi[AMAFOTO]

Umugabo witwa Moussa Sandiana Kaba uzwi ku kazina ka Grand P, umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi wavukiye i Sanguiana i Nabaya muri Gineya, urukundo rwe n’umukobwa ubyibushye cyane rukomeje...
14 September 2020 Yasuwe: 9348 0

Amato yaketswe kwinjiza inyeshyamba mu Burundi yatwitswe n’abasirikare

Mu Ntara ya Rumonge ku wa 10 Nzeri 2020, abasirikare (marines) b’u Burundi barinda ikiyaga cya Tanganyika batwitse amato y’ibiti baketse ko yinjije inyeshyamba zitwaje intwaro mu gihugu ziturutse...
13 September 2020 Yasuwe: 4174 0

Kinshasa: Ikigo nderabuzima cyatewe n’abagizi ba nabi bafata ku ngufu abarwayi n’abaganga

Mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuwa Gatandatu, itariki 12 Nzeri, Ikigo Nderabuzima cya Kisenso, muri Kinshasa, cyibasiwe n’abagizi ba nabi bazwi nka Kuluna, aho bivugwa ko abarwayi n’abaganga...
13 September 2020 Yasuwe: 2769 0

Reba akamaro n’ibyiza byo kurya ibihaza harimo nko gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso n’uruhu bikora neza

Ibihaza ni ibiribwa byuzuye intungamubiri dukenera mu buzima, kandi biboneka henshi, kuko hari n’aho byiyeza mu gisambu. Bikaba bimwe mu bihingwa bishobora gutuma umwijima, impyiko, amagufa, amaso...
13 September 2020 Yasuwe: 7763 3

Umupfumu Rutangarwamaboko asanga abishe inyamaswa yitiranyijwe n’ingwe mu karere ka Huye bakwiye kugangahurwa kuko ngo bakoze...

Umupfumu Rutangarwamaboko asanga abishe inyamaswa yitiranyijwe n’ingwe mu karere ka Huye bakwiye kugangahurwa kuko ibyo bakoze amahano, ngo ni umuziro.
13 September 2020 Yasuwe: 6894 0

Abavuga ko Tanasha yakoresheje Diamond kugira ngo yamamare yabasubije,ahishura n’ingano y’urukundo yamukundaga

Umuhanzikazi Tanasha Donna Oketch yahakanye yivuye inyuma ibivugwa ko yakoresheje papa w’umwana we, umunya Tanzaniya Diamond Platnumz, mu rwego rwo kugira ngo amenyekane.
13 September 2020 Yasuwe: 4342 0

RUBAGINTARE yahishuye uburyo agendana n’abakurambere b’iwabo 12 akanavugana nabo binyuze mu nzoka,afite n’imiti ikurura abakobwa

Umusore w’umunyarwanda uzwi ku izina rya Rubagintare utuye mu murenge wa Nyamirambo,yahishuye ko agendana n’abakurambere b’iwabo 12 ndetse ahishura n’imwe mu miti idasanzwe agira irimo iyo gukurura...
13 September 2020 Yasuwe: 4194 0