Sacha Kate wabaye umuhanzikazi ndetse wanakundanye na Nizzo Kaboss wo muri Urban Boyz wanabyaranye na Dj Toyxxk,yemeza ko atakunda umusore ngo ni uko ari mwiza mu gihe adafite amafaranga.
Umugabo witwa Moussa Sandiana Kaba uzwi ku kazina ka Grand P, umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi wavukiye i Sanguiana i Nabaya muri Gineya, urukundo rwe n’umukobwa ubyibushye cyane rukomeje...
Mu Ntara ya Rumonge ku wa 10 Nzeri 2020, abasirikare (marines) b’u Burundi barinda ikiyaga cya Tanganyika batwitse amato y’ibiti baketse ko yinjije inyeshyamba zitwaje intwaro mu gihugu ziturutse...
Mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuwa Gatandatu, itariki 12 Nzeri, Ikigo Nderabuzima cya Kisenso, muri Kinshasa, cyibasiwe n’abagizi ba nabi bazwi nka Kuluna, aho bivugwa ko abarwayi n’abaganga...