Mahoro Jean wari umuvugizi w’ishyaka DALFA-Umurinzi, yamaze gufata iy’ubuhungiro nyuma yo guhagarika izi nshingano yari afite zo kuba umuvugizi w’iri shyaka riyobowe n’umunyapolitiki Victoire...
Kuri uyu wa 9 Nzeri 2020, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cyo mu 2021.
Francis Mukula, umudepite w’intara ya Agule, ukekwaho kuba yararashe abantu babiri mu matora y’ishyaka NRM mu cyumweru gishize, yatawe muri yombi na Polisi yo mu karere ka Pallisa mu burasirazuba...
Nonthaburi, muri Thailand rwagati, nko mu bilometero 13 mu majyaruguru ya Bangkok, umusore witwa Siraphop Masukarat, yajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma kurumwa ku gitsina n’inzoka yo bu bwoko...
Perezida wa Zambia, Edgar Lungu, ini umwe mu bifatanyije n’abaturage b’igihugu mu kunamira ifi yari ikunzwe cyane muri iki gihugu, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri.
MRCD-Ubumwe, Ihuriro rihuza amashyaka arwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ryatangaje ko Biro Politiki yaryo ku wa 6 Nzeri 2020 yakoze inama ivuga ku ifatwa rya Paul Rusesabagina usanzwe ari Visi...
Umukinnyi wa filime, Jane Fonda w’imyaka 82 y’amavuko, yatangaje ko yicujije kuba atararyamanye na nyakwigendera, umuririmbyi wamamaye mu njyana ya R&B Marvin Gaye.