skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mahoro Jean wari umuvugizi w’ishyaka DALFA-Umurinzi rya Victoire Ingabire yafashe iy’ubuhungiro

Mahoro Jean wari umuvugizi w’ishyaka DALFA-Umurinzi, yamaze gufata iy’ubuhungiro nyuma yo guhagarika izi nshingano yari afite zo kuba umuvugizi w’iri shyaka riyobowe n’umunyapolitiki Victoire...
9 September 2020 Yasuwe: 7602 0

Perezida Donald Trump ku rutonde rw’ abahatanira igihembo cy’amahoro

Kuri uyu wa 9 Nzeri 2020, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cyo mu 2021.
9 September 2020 Yasuwe: 932 0

Uganda:Umudepite yarashe abantu mu matora y’ishyaka NRM

Francis Mukula, umudepite w’intara ya Agule, ukekwaho kuba yararashe abantu babiri mu matora y’ishyaka NRM mu cyumweru gishize, yatawe muri yombi na Polisi yo mu karere ka Pallisa mu burasirazuba...
9 September 2020 Yasuwe: 1679 0

Inzoka yarumye umusore igitsina ubwo yari yicaye ku musarani[AMAFOTO]

Nonthaburi, muri Thailand rwagati, nko mu bilometero 13 mu majyaruguru ya Bangkok, umusore witwa Siraphop Masukarat, yajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma kurumwa ku gitsina n’inzoka yo bu bwoko...
9 September 2020 Yasuwe: 3396 0

Isosi iboneka hatogoshejwe amagufa ifite akamaro gakomeye ku mubiri w’umuntu [UMUFA]

Umufa ni isosi iboneka hatogoshejwe amagufa y’inka, ihene, cg se inkoko, hari n’abakoresha amafi. Uyu mufa ni ingirakamaro cyane, kuko wuzuyemo intungamubiri nyinshi.
9 September 2020 Yasuwe: 3129 0

Ifi yapfuye yahawe icyubahiro yunamirwa n’abarimo Perezida wa Zambia

Perezida wa Zambia, Edgar Lungu, ini umwe mu bifatanyije n’abaturage b’igihugu mu kunamira ifi yari ikunzwe cyane muri iki gihugu, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri.
9 September 2020 Yasuwe: 4064 0

U Rwanda rwasabiwe gufatirwa ibihano bitewe n’ifatwa rya Paul Rusesabagina

MRCD-Ubumwe, Ihuriro rihuza amashyaka arwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ryatangaje ko Biro Politiki yaryo ku wa 6 Nzeri 2020 yakoze inama ivuga ku ifatwa rya Paul Rusesabagina usanzwe ari Visi...
8 September 2020 Yasuwe: 21475 2

Umugeni yisubiyeho ku munsi w’ubukwe bwe ata umugabo we mu rusengero arahunga

Ku mbuga nkoranyambaga haherutse kugaragara amashusho yatangaje benshi yerekanaga umugeni wahisemo kwisubiraho agahindura imitekerereze, yanga gusezerana n’umukunzi we maze arahunga amusize mu...
8 September 2020 Yasuwe: 6958 0

Abantu batunguwe n’ inkoko yibasiye umugore ikamwica ku manywa y’ihangu

Mu bintu bitunguranye kandi bitangaje ariko biteye agahinda, inkoko yibasiye umugore witwa Chandapiwa Makaza wari atuye mu mudugudu wa Chingodora mu gihugu cya Zimbabwe, aho yaje gupfa azize...
8 September 2020 Yasuwe: 10413 0

Jane Fonda yatangaje ko yicujije kuba atararyamanye na nyakwigendera Marvin Gaye

Umukinnyi wa filime, Jane Fonda w’imyaka 82 y’amavuko, yatangaje ko yicujije kuba atararyamanye na nyakwigendera, umuririmbyi wamamaye mu njyana ya R&B Marvin Gaye.
8 September 2020 Yasuwe: 1947 0