Ed Sheeran waherukaga kuri Instagram mu kwezi kwa Nzeri umwaka ushize wa 2019, yaragarutse aje kubwira abantu ko yabyaye umwana w’umukobwa ari nawe mfura yabo.
Umugore wo mu gace ka Levashi mu gihugu cy’ Uburusiya yagiye kwa muganga nyuma yo kumva atameze neza, agezeyo abaganga basanga inzoka yamwinjiye mu kanwa, bayimukuramo ireshya na metero 1.20.
Abanyarwanda baba hanze y’u Rwanda bagiye guhurira mu giterane kizwi nka “Rwandan Christian Convention’’ ,gitegurwa mu rwego rwo kunga Ubumwe abenegihugu binyuze mu matorero babarizwamo.
Anthony Mmesoma Madu ni umwana w’ imyaka 11 y’ amavuko ukomoka muri Nigeria aherutse kubona buruse yo kujya kwiga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abiheshejwe n’ impano ye yo kubyina.
Julio Ceaser Mora wavutse ku ya 10 Werurwe 1910 n’umugore we Waldramina Maclovia Quinteros, wavutse ku ya 15 Ukwakira 1915,bombi bakomoka mu gihugu cya Ecuador, bafite imyaka isaga ijana babayeho,...
Ubwo imbaga y’Abatutsi barenga 1000 bahungiraga kuri Hoteli Mille Collines iherereye rwa gati mu mujyi wa Kigali, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, Bernard Makuza wabaye Minisitiri w’Intebe...