Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Kanama, amasasu aravuza ubuhuha mu mirwano ikomeye ihuje imitwe ibiri y’inyeshyamba, Mai-Mai na Gumino, mu bice bya Bilambili na Ngezi, hafi ya...
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu n’ubutabera, (Lantos Foundation for Human Rights and Justice), watangiye kuvuganira Rusesabagina Paul, aho uvuga ko ubutegetsi bw’u Rwanda bumuziza...
Lancashire mu Bwongereza, umwana muto w’umwaka n’amezi 8 yajyanwe mu bitaro igitaraganya afite ibikomere bikomeye nyuma yo kugwa mu muhanda avuye mu modoka yagendaga mbere yo kugongwa n’indi modoka...