skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba ibyo kurya 10 by’ingenzi ku mugore utwite[AMAFOTO]

Nubwo mu busanzwe akenshi dupfa kurya uko tubonye, ariko burya umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri icyarimwe:...
8 September 2020 Yasuwe: 17591 1

Reba akamaro inyanya zifitiye ubuzima bwacu

Mu bihingwa bikoreshwa kenshi mu ngo zose, mu mahoteri na za resitora inyanya ziza mu myanya y’imbere. Ni mu gihe kandi kuko uretse kuba ari ibirungo zinakungahaye ku ntungamubiri zinyuranye.
8 September 2020 Yasuwe: 2672 1

Mama Nick yahishuye izindi nzozi zitari ugukina Filimi yakuze afite,Menya byinshi utari uzi bimwerekeyeho

Mukakamanzi Beata, (Mama Nick) Umukinnyi wa Film zitandukanye hano mu Rwanda zirimo City Maid, Intare y’Ingore, Giramata n’izindi yakuze yifuza kuba umupolice nyuma yisanga muri film,hari inama...
8 September 2020 Yasuwe: 1433 0

Umugore w’umu Dasso watoraguye umwana w’uruhinja wari umaze iminsi ine avutse akamurera yazamuriwe amapeti[AMAFOTO]

Umukozi w’urwego rufasha uturere mu by’umutekano (Dasso) witwa Uwihagurukiye Sylivia ufite imyaka 32 yatoraguye umwana w’uruhinja wari umaze iminsi ine avutse agatabwa mu gihuru n’uwamwibarutse...
7 September 2020 Yasuwe: 5656 0

KNC agiye gukuraho umuco wo gutanga igikombe kitaratangira gukinirwa

Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), avuga ko bashaka guca umuco utari mwiza wamaze kwimikwa mu mupira wo mu Rwanda wo gutanga igikombe kitaratangira gukinirwa.
7 September 2020 Yasuwe: 1663 1

Tito Rutaremara yavuze ko FPR atari abamalayika

Umuyobozi w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Tito Rutaremara, umwe mu bashinze umuryango FPR Inkotanyi, akaba yaranagiye akora imirimo inyuranye muri Leta y’u Rwanda, avuga ko...
7 September 2020 Yasuwe: 3055 0

Gasabo: Abasore bararaga mu irimbi bafashwe bajyanwa muri Stade

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 05 Nzeri 2020, ahagana saa 19h30, Kimironko muri Gasabo, abashinzwe umutekano bafashe abasore bararaga mu irimbi rya Nyagatovu bajyanwa muri Stade.
7 September 2020 Yasuwe: 11403 1

Umubare w’abakinnyi banduye Coronavirus mu ikipe ya Paris Saint Germain ukomeje kurushaho kwiyongera

Abandi bakinnyi batatu ba Paris Saint Germain basanzwemo Coronavirus, nyuma y’abandi barimo Neymar yari yaragaragayeho
6 September 2020 Yasuwe: 1126 0

Umugore w’imyaka 38 atwite umwana wa 16 kandi ngo ntateganya kurekera.yashyize hanze urutonde rw’amazina y’abana be[AMAFOTO]

Umugore witwa Patty Hernandez ufite imyaka 38 y’amavuko n’umugabo we Carlos ufite imyaka 37 babayemo mu nzu y’ibyumba bitanu, ahitwa i Charlotte, muri Carolina y’Amajyaruguru muri Leta zunze ubumwe...
6 September 2020 Yasuwe: 5872 1

Ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC byasheshwe

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 4 Nzeri 2020, mu igazeti ya Repubulika y’u Rwanda, hasohotsemo iteka rya Perezida wa Repubulika rihuza, rikanasimbuza ibigo bya leta byari bisanzweho nka HEC, RALC, WDA...
6 September 2020 Yasuwe: 3471 0