Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Nigeria no muri Africa wamenyekanye nka Wizkid yatunguye abakunzi n’abafana be ubwo yavugaga ko nta gushidikanya aruta mugenzi we...
Idris Elba avuga ko we n’umugore we batabyaye, aya ni amakuru yari yatangiye gukwirakwira mu bitangazamakuru bitandukanye, bavugako uyu mugabo yibarutse umwana w’umukobwa ndetse abakunzi be bari...
Nibyo inyanya ziri mu biribwa twavuga ko biribwa buri munsi dore ko ari ikirungo mu mafunguro yose ukuyemo ahari ubugari (n’andi wenda tutarondora hano). Ariko nanone hari abikundira kuzihekenya...
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ni we muhanzi nyarwanda umwe uri ku rutonde rw’abahatanira ibihembo mpuzamahanga ku rwego rwa Afurika byitwa AFRIMMA 2020. Kuri urwo rutonde kandi hariho...