skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]

Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye.
20 September 2020 Yasuwe: 10085 1

Sobanukirwa byinshi ku binure n’akamaro kabyo[AMAFOTO]

Ibinure ni kimwe mu ntungamubiri z’ingenzi, kimwe na proteyine n’ibinyasukari (carbohydrates). Iyo bivuzwe benshi bumva ibintu bitandukanye; ni byiza birakenewe mu mubiri, ni bibi bitera...
20 September 2020 Yasuwe: 1622 0

Reba umwihariko w’inyama y’inkoko harimo kugabanya ibiro no kuvura ibicurane

Mu biguruka biribwa inkoko iza ku mwanya w’imbere. Ni mu gihe kuko iri mu biguruka byororwa kandi ikaba urugero rwiza rw’inyama z’umweru. Inkoko nyamara kandi kuri ubu zisigaye zituburwa,...
20 September 2020 Yasuwe: 2282 0

Umugabo wa Butera Knowless yashyize hanze ifoto y’umukobwa wabo w’imfura bari kogana muri Pisine[AMAFOTO]

Producer Clement Ishimwe, umutware wa Butera Knowless yashyize hanze ifoto ye ari kumwe n’umukobwa we. Iyi ni ifoto yacicikanye cyane ku mbuga nkoranyambaga kuva yashyirwa hanze muri story ya...
20 September 2020 Yasuwe: 16995 0

Facebook igiye gufungura ishami ryayo muri Nigeria

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Facebook cyatangaje ko umwaka utaha kizafungura ishami ryacyo mu mujyi wa Lagos muri Nigeria.Icyo cyicaro nigifungurwa, kizaba kibaye icya kabiri Facebook igize ku...
20 September 2020 Yasuwe: 335 0

Umufasha mwiza zimwe mu mbaraga za Sadate MUNYAKAZI[AMAFOTO]

kuva imikino yahagarikwa hano mu Rwanda mu kwezi kwa gatatu hashize amezi asaga atandatu hakomeje kugaragara ibibazo bitandukanye mu mpande zitandukanye z’imikino gusa byumwihariko ikipe ya Rayon...
19 September 2020 Yasuwe: 7243 0

Abatuye muri Amerika ntibemerewe ku-Downloadinga porogaramu za WeChat na TikTok zakozwe n’abashinwa

Minisiteri y’Ubucuruzi muri Amerika yatangaje ko kuva ku wa 20 Nzeri, abatuye muri iki gihugu batazaba bemerewe kumanura (download) porogaramu (application) zo mu Bushinwa zirimo WeChat yifashishwa...
19 September 2020 Yasuwe: 630 0

Joseph Kabila ari mu nzira yo gusubirana ubutegetsi – Minisitiri Claude Nyamugabo

Minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere rirambye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Claude Nyamugabo, yahamije ko Joseph Kabila wahoze ayobora iki gihugu ari mu nzira yo gusubirana...
19 September 2020 Yasuwe: 3349 1

Prime Niyongabo na Pontien Baritonda bahoze bafite ipeti rya Colonel mu Burundi bafunzwe n’ubutasi

Ku wa Gatanu w’iki cyumweru, (Rtd) Col. Prime Niyongabo wahoze ayobora abapolisi badasanzwe bo mu muhanda b’u Burundi (PSR) na (Rtd) Col. Pontien Baritonda usanzwe ari incuti ye, bafungiye muri...
19 September 2020 Yasuwe: 2596 1

Reba ibyo kurya bituma usaza vuba[AMAFOTO]

Amafunguro ashobora gutuma usaza vuba, ukaba wagaragara nk’ushaje nyamara imyaka yo ikiri mike. Mu gihe urya cyane ibiryo byongera ububyimbirwe mu mubiri (high inflammatory foods) kenshi, bishobora...
19 September 2020 Yasuwe: 5487 0