skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba ibyiza byo kurongora ukiri mu myaka 20

Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Daily Mail, bugaragaza ko abantu bashakana bakiri mu myaka 20 bafite amahirwe yo gusinzira neza iyo batangiye kuba ibikwerere (imyaka 40), kandi ntibagire...
24 August 2020 Yasuwe: 5681 1

Urutonde rwa stade 10 zimaze imyaka myinshi zubatswe

Stade ni kimwe mu bikorwa remezo by’ingenzi muri siporo bifasha kugira ngo imikino ibe mu mutuzo haba ku bakinnyi cyangwa abafana.
24 August 2020 Yasuwe: 1020 0

BIRAVUGWA:Diamond agiye kubyarana umwana wa 5 n’umwe mu bagore nubundi babyaranye[AMAFOTO]

N’ubwo bivugwa ko umuhanzi w’icyamamare muri Afurika ukomoka muri Tanzania, Diamond Platnumz ari hafi gukora ubukwe, kuri ubu biravugwa ko uyu muhanzi agiye kubyarana umwana we wa 5 n’umunyamideli...
24 August 2020 Yasuwe: 4211 0

Col Kiiza Besigye ngo yatewe ubwoba na Bobi Wine

Hon Abdu Katuntu yateye utwatsi ibisobanuro Col Kiiza Besigye aheruka gutanga avuga ko ataziyamamariza kuyobora igihugu mu matora yo mwaka utaha, avuga ko ahubwo yatewe ubwoba na Depite Robert...
24 August 2020 Yasuwe: 1726 0

Reba ibyiza ku bagabo byo kunyara bicaye[AMAFOTO]

Mu mico myinshi abana b’abahungu batozwa kuva ari bato kunyara bahagaze, naho ab’abakobwa bakicara. Ariko uyu muco wakwiriye hose ubu uribazwaho n’abahanga mu buzima mu bihugu byinshi.
23 August 2020 Yasuwe: 9109 0

Umujyi wa Kigali wihanangirije abanyabirori

Muri ibi bihe isi yugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 kigenda gihitana abatari bake,ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buvuga ko hari abantu badohotse barenga kungamba zashyizweho mu gukumira ndetse...
23 August 2020 Yasuwe: 3781 0

Bull dogg yahishuye ibintu 3 by’ingenzi yungukiye mu kuba yarakiriye agakiza akomoza no ku ifungwa rya bagenzi be bahoze...

Umuhanzi Ndayishimiye Bertrand uzwi nka “Bull dogg” nyuma yo kwakira agakiza yahamije ko hari byinshi yungutse birimo kugirirwa icyizere,yibutsa abo yasize kumuyoboka.
23 August 2020 Yasuwe: 1677 0

Reba amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]

Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye.
23 August 2020 Yasuwe: 8747 0

Reba akamaro gatangaje kubira ibyuya bimarira ubuzima

Usanga rimwe na rimwe umuntu akubwira ati “nabaho sinjya mbira ibyuya,” undi nawe akakubwira ati “mpora ntutubikana n’iyo hakonje mba ndi kubira ibyuya.”
23 August 2020 Yasuwe: 3663 0

Abafana muri Tanzania bakiriye Sarpong mu buryo budasanzwe[AMAFOTO]

Rutahizamu ukomoka muri Ghana, Michael Sarpong yakiriwe n’abafana ba Yanga SC agomba gusinyira amasezerano yo kuyikinira nyuma yo gutandukana na Rayon Sports yirukanwemo.
22 August 2020 Yasuwe: 2545 0