N’ubwo bivugwa ko umuhanzi w’icyamamare muri Afurika ukomoka muri Tanzania, Diamond Platnumz ari hafi gukora ubukwe, kuri ubu biravugwa ko uyu muhanzi agiye kubyarana umwana we wa 5 n’umunyamideli...
Hon Abdu Katuntu yateye utwatsi ibisobanuro Col Kiiza Besigye aheruka gutanga avuga ko ataziyamamariza kuyobora igihugu mu matora yo mwaka utaha, avuga ko ahubwo yatewe ubwoba na Depite Robert...
Usanga rimwe na rimwe umuntu akubwira ati “nabaho sinjya mbira ibyuya,” undi nawe akakubwira ati “mpora ntutubikana n’iyo hakonje mba ndi kubira ibyuya.”
Rutahizamu ukomoka muri Ghana, Michael Sarpong yakiriwe n’abafana ba Yanga SC agomba gusinyira amasezerano yo kuyikinira nyuma yo gutandukana na Rayon Sports yirukanwemo.