Amazi ni ingenzi ku buzima bwa muntu, nubwo bivugwa ko nta ntungamubiri agira, ariko ni ngombwa kuyanywa kenshi kuko umubiri w’umuntu ugizwe hagati ya 60 % na 70 % n’amazi.
Miss Tania usanzwe ari mu rukundo na Rwabugiri Umar yashyize hanze ifoto ye arimo gusomana na Rwabugiri Umar. Abinyujije kuri snapchat, Miss Tania yashyize hanze ifoto arimo gusomana n’umukunzi we...
Onlyfans ikomeje gutuma abastar bo hirya no hino ku isi bahinduka abaherwe mu buryo bwihuse, aho babasha kubyaza umusaruro kwamamara kwabo mu buryo bubangutse.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kanama 2020 ni bwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Bishop Simon Masasu, mukuru wa Apotre Masasu, witabye Imana azize uburwayi.