skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Amashusho y’indirimbo ya Sintex na King Ruganzu biri guhwihwiswa ko ashobora guhagarikwa bitewe n’imyambarire y’abakobwa...

Amashusho y’indirimbo INDEBAKURE bivugwa ko ari iya King Ruganzu yafatanyije na Sintex akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga n’abantu batandukanye bayivugaho ibitandukanye bitewe...
15 August 2020 Yasuwe: 5164 2

Ndungi Sila yaguze indege ebyiri n’imodoka zihenze akiri umunyeshuri benshi bakomeza kwibaza aho ubwo bukire abukura[AMAFOTO]

Jeffrey Ndungi Sila, umunyeshuri kuri ubu warangije Kaminuza muri Kenya, yaguze indege ebyiri zo mu bwoko bwa Cessna (5Y-CCN na 5Y-CCO) ndetse n’imodoka zigezweho nka Ranger Rover, Mercedes-Benz...
15 August 2020 Yasuwe: 8281 0

Imikino y’amahirwe ikomeje guteza impfu za hato na hato mu rubyiruko rwo muri Nigeria

Impfu z’urubyiruko zituruka mu kwiyahura bitewe n’imikino y’amahirwe izwi nka “Betting” zihangayikishije cyane Guverinoma ya Nigeria, aho imikino y’amahirwe muri iki gihugu ihombya leta miliyari...
14 August 2020 Yasuwe: 1870 1

Michael Sarpong wahakaniwe na Simba SC ashobora gusinyira ikipe imwe yo mu Rwanda

Michael Sarpong wari uri mu kizeye gihanitse cyo kuzakinira ikipe ya Simba SC, nyuma y’uko imubwiye kuba yakwishakira indi kipe, uyu rutahizamu ashobora kugaruka i Kigali aho bivugwa ko yaba...
14 August 2020 Yasuwe: 1734 0

Rurageretse hagati y’umuhanzi Bruce Melody na RITCO kubera indirimbo Saa Moya

Umuhanzi Bruce Melody arashinjwa n’Ubuyobozi bw’ikigo gitwara abagenzi mu Rwanda , RITCO, kubusebereza imodoka abicishije mu ndirimbo ‘Saa Moya’ aherutse gushyira hanze.
14 August 2020 Yasuwe: 4458 5

Reba amakosa ukora mu rukundo akazagira ingaruka ku buzima bwawe

1. Gufuha cyane : Byabaye akarande mu Bantu ndetse benshi babigize imvugo ngo umuntu afuhira uwo akunda. Gusa burya niba uziko ujya ufuha ukarenza urugero menya neza ko urimo wiyicira ubuzima kuko...
14 August 2020 Yasuwe: 3168 0

Reba ibiribwa ugomba kwirinda kurya niba ushaka kunanuka byihuse

Umubyibuho ukabije ni ikibazo gihangayikishije isi muri iki gihe ndetse na hano mu Rwanda iki kibazo kirahari kandi gikomeje gufata indi ntera aho usanga indwara nyinshi zitandura (non communicable...
14 August 2020 Yasuwe: 11115 2

Uganda:Impunzi z’abanye-Congo zategetswe ko mu minsi 2 zigomba kuba zazinze ibyazo

Capt. Peter Mugisha, Umuyobozi w’Akarere ka Kisoro muri Uganda, yategetse ko impunzi z’Abanyekongo ziri muri aka karere zigomba kuba zazinze ibyazo zigasubira mu gihugu cyazo bitarenze iminsi ibiri...
14 August 2020 Yasuwe: 1938 0

Zari na Burna Boy begukanye ibihembo bikomeye

Zari Hassan, umuherwekazi w’umugande wibera muri Afruka y’Epfo yegukanye igihembo cy’umuntu ukoresha imbuga nkoranyambaga cyane naho Burna Boy yegukana igihembo cy’Umuco mu bihembo byatanzwe na One...
14 August 2020 Yasuwe: 2138 0

Reba bimwe mu byo kurya birimo ibitunguru,Poivron,imbuto z’ibihaza biba byiza kubirya ari bibisi

Mu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. Nyamara hari ibyo dushobora kudateka byakagombye gutekwa nkuko hari n’ibyo duteka byakagombye kudatekwa...
13 August 2020 Yasuwe: 2165 0