Uko biri kose buri wese azitabira umuhamagaro ukomeye umunsi umwe, ahantu hose no mubihe bitandukanye kuko impuzandengo y’abantu kuri iyi Isi ifatwa nk’imyaka ijana.
Umugore w’imyaka 52 wo muri Zambiya, uzwi ku izina rya Yvonne Banda, yeruye ku mugaragaro ko aryamana n’umuhungu we mu rwego rwo gukomeza ubutunzi bwe.
Abantu bivugwa ko ari abayoboke ba People Power muri Kawempe bari guhiga bukware n’Igipolisi cya Uganda muri Kampala, bashinjwa gukubita umupolisi, ASP Kitaka Umar, kugeza ataye ubwenge ubwo...
Kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2020, umwana w’imyaka 16 y’amavuko yajyanye na bagenzi be koga mu cyuzi cya Kadahokwa giherereye mu Karere ka Huye, ararohama aburirwa irengero bikekwa ko yapfuye.
Umuhanzi Niyibikora Safi wamenyekanye nka Safi Madiba mu itsinda rya Urban boys akaza kuryivanamo ubu akaba asigaye akora ku giti cye, yatangaje ko yatandukanye na Niyonizera Judith bari bamaranye...