skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Aimable Karasira umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda uherutse kwirukanwa arasaba abamushutse ubufasha

Aimable Karasira a.k.a Professor Nigga, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda uherutse kwirukanwa, arasaba abo mu mahanga bamushutse kumushyigikira muri ibi bihe bimukomereye by’ubushomeri.
17 August 2020 Yasuwe: 6249 0

Donald Trump yagaragaje agahinda gakomeye yatewe n’urupfu rwa murumuna we

Perezida Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari mu gahinda nyuma yo gupfusha murumuna we witwa Robert Stewart Trump wapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa 15 Kanama 2020.
16 August 2020 Yasuwe: 2978 0

Reba ibyiza bya beterave n’akamaro ifitiye umubiri wacu

Beterave ni igihingwa kiri mu bwoko bw’ibinyabijumba. Habaho amoko atatu ya beterave: beterave ikoreshwa nk’ubwatsi bw’amatungo, beterave ivamo isukari aricyo bayihingira gusa hakabaho na beterave...
16 August 2020 Yasuwe: 11162 2

Inkweto zambawe n’igihangange mu mukino wa Basketball, Michael Jordan, zaguzwe akayabo k’amamiliyoni y’amanyarwanda[AMAFOTO]

Umuguru w’inkweto zambawe n’igihangange mu mukino wa Basketball, Michael Jordan, zaguzwe $615,000 ni ukuvuga miliyoni zirenga 595 z’amafaranga y’u Rwanda, muri cyamunara yabaye kuri uyu wa Kane.
16 August 2020 Yasuwe: 613 0

Perezida w’u Bufaransa,Macron n’umugore we Brigitte bagaragaye bari kwishimisha hafi y’Inyanja ya Méditerranée bivugisha...

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Marie-Claude Macron bagaragaye bari kwishimisha mu biruhuko byo mu mpeshyi hafi y’Inyanja ya Méditerranée.
16 August 2020 Yasuwe: 4887 0

Niwe mugabo wa mbere wambara neza kumugabane wa Afurika ubusanzwe akaba ahuza amabara na Rihanna gusa[AMAFOTO]

Imyambarire ni kimwe mubintu abantu bitaho cyane, mu kinyarwanda baravugango uwambaye neza agaragara neza, James Maina Mwangi umugabo ukomoka muri Kenya, ubu niwe uyoboye abandi mubagabo bambara...
15 August 2020 Yasuwe: 9074 1

Abagabo 40% nibo basiramuye mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ivuga ko imibare y’abamaze kwisiramuza itaragera ku rwego yifuza nyuma y’aho gahunda yo gusiramura yatangira mu gihug aho abagabo benshi mu Rwanda bamaze kuyitabira...
15 August 2020 Yasuwe: 1560 1

Umutoza mukuru w’ikipe ya FC Barcelone yahambirijwe utwe nyuma yo kwandagazwa na Bayern Munich

Quique Sétien wari umutoza mukuru w’ikipe ya FC Barcelona yamaze kwirukanwa, nyuma yo gusezererwa muri UEFA Champions League yandagajwe na Bayern Münich yo mu Budage ibitego 8-2.
15 August 2020 Yasuwe: 2093 0

Ubudage ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’ibihugu 15 bifite abakobwa bafite uburanga buke mugihe Afurika ifitemo ibihugu...

Hifashihijwe amajwi y’abasoma ikinyamakuru The Insiders cyandikirwa mu Bwongereza, mu matora yakorewe kuri Internet, hagaragajwe urutonde rw’ibihugu bifite abakobwa bafite uburanga buke, aho...
15 August 2020 Yasuwe: 9708 0

Eric yiyiciye umugore we nyuma yo kunywa umuti wongera agatege mu gikorwa cyo gutera akabariro

Eric Katinala, umugabo w’imyaka 34 y’amavuko ukomoka mu gace ka Kasama muri Zambia, yaguze umuti wongera agatege mu gikorwa cyo gutera akabariro bituma yiyicira umugore, Martha Ndakala.
15 August 2020 Yasuwe: 14600 0