Perezida Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari mu gahinda nyuma yo gupfusha murumuna we witwa Robert Stewart Trump wapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa 15 Kanama 2020.
Beterave ni igihingwa kiri mu bwoko bw’ibinyabijumba. Habaho amoko atatu ya beterave: beterave ikoreshwa nk’ubwatsi bw’amatungo, beterave ivamo isukari aricyo bayihingira gusa hakabaho na beterave...
Umuguru w’inkweto zambawe n’igihangange mu mukino wa Basketball, Michael Jordan, zaguzwe $615,000 ni ukuvuga miliyoni zirenga 595 z’amafaranga y’u Rwanda, muri cyamunara yabaye kuri uyu wa Kane.
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron n’umugore we Brigitte Marie-Claude Macron bagaragaye bari kwishimisha mu biruhuko byo mu mpeshyi hafi y’Inyanja ya Méditerranée.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ivuga ko imibare y’abamaze kwisiramuza itaragera ku rwego yifuza nyuma y’aho gahunda yo gusiramura yatangira mu gihug aho abagabo benshi mu Rwanda bamaze kuyitabira...
Quique Sétien wari umutoza mukuru w’ikipe ya FC Barcelona yamaze kwirukanwa, nyuma yo gusezererwa muri UEFA Champions League yandagajwe na Bayern Münich yo mu Budage ibitego 8-2.