skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Inzoga zitagurishijwe muri Australia mugihe cya Guma mu Rugo aho kuzimena hizwe ubundi buryo bwo kuzibyaza umusaruro

Utubari n’inganda zenga inzoga muri Australia byafunze imiryango kubera gahunda ya Guma mu rugo yatewe n’icyorezo cya Coronavirus, byatumye hari inzoga zihera mu bubiko zikarenza igihe cyagenwe cyo...
13 August 2020 Yasuwe: 1219 0

Mu buryo butunguranye,Harriet umunyeshuri muri Kaminuza yashyize hanze urutonde rw’abagabo baryamanye nawe akabanduza Sida mu...

Umukobwa uzwi ku izina rya Harriet Vihenda Akunava, wahoze ari umunyeshuri muri kaminuza ya Nairobi, ikigo cya Kikuyu yemeye ko yanduye virusi itera SIDA kandi ko yayanduje abagabo benshi...
13 August 2020 Yasuwe: 25834 4

Reba amwe mu mafoto utabonye ya Miss Uwizeye Vivine umunyarwandakazi ufite ibiro 220 unaherutse gukira bitunguranye...

Miss Uwizeye Vivine, yabaye Nyampinga w’abakobwa babyibushye mu mwaka wa 2011, nyuma yo guhatana n’abandi bo hirya no hino mu gihugu bigaragara ko babyibushye cyane kandi bafite ibiro byinshi. Kuri...
13 August 2020 Yasuwe: 6998 1

Reba inama 5 zagufasha kubyibuha mu buryo bwihuse

Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe bihatira indyo zitandukanye bagakora hasi hejuru ngo biyongere ibiro n’umubyibuho n’ubwo hari n’abashaka...
13 August 2020 Yasuwe: 24430 6

Perezida Museveni yahishuye uburyo nta mukene watorwa ngo ayobore abaturage

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’urubyiruko i Entebbe muri Uganda, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko umukene adakwiye gutorwa ngo ayobore abaturage.
13 August 2020 Yasuwe: 1022 0

Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi yemeje ko muri Malawi ba Musenyeri bateye inda ababikira 30

Papa Francis, umushumba wa kiliziya gatolika ku Isi, yatangaje ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa ababikira rikomeje gufata indi ntera, atanga urugero rwa ba Musenyeri bo muri Malawi...
12 August 2020 Yasuwe: 6056 0

Hashize imyaka 10 ’Shyaka Clever’ wamenyekanye mu biganiro bya siporo yitabye Imana[IBYO WAMENYA KURI WE]

Hari tariki ya 12 Kanama 2010 mu buryo butunguranye Shyaka Claver yitabye Imana, ni inkuru yahungabanyije cyane abakunzi ba Sports.
12 August 2020 Yasuwe: 3007 2

Reba ibintu bizakwereka umukobwa utazubaka urugo ngo rukomere birimo no gukabya gukunda gusenga

Twagerageje kubakusanyiriza bimwe mubintu byingenzi biranga umukobwa udafite gahunda yokurushinga.
12 August 2020 Yasuwe: 3148 0

Reba impamvu bamwe mu bakobwa batanga zituma basigaye bikundanira n’abagabo bubatse

Nukuri ntabwo ari bishyashya ko abagabo bubatse, cyane cyane abo i Lagos, bakomeje kugirana umubano w’urukundo no guhuza ibitsina n’abakobwa bato bakiri abaselibateri. Ariko, mugihe byahoze...
12 August 2020 Yasuwe: 13255 1

Vladimir Putin yahishuye ko babonye urukingo rwa Coronavirus rwageragerejwe ku mwana we

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Kanama 2020, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko abashakashatsi b’iwabo bavumbuye urukingo rwa Covid-19, ndetse ko barugeragereje no ku mukobwa we,...
12 August 2020 Yasuwe: 1344 0