skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Umuyobozi wa Kiss Fm yashyize hanze amafoto ye ari kogana n’abakobwa babiri bambaye ubusa [AMAFOTO]

Martin Khafafa umuyobozi wa Kiss Fm muri Uganda yashyize hanze amafoto ye ari kogana n’abakobwa babiri mu rwogero bambaye ubusa.
1 August 2018 Yasuwe: 13308 0

Ringtone wabenzwe na Zari yabaye umupadiri [AMAFOTO]

Ringtone wahaye Zari imodoka ya Ranger Rover nshya akayanga kuri ubu yabaye umupadiri.
1 August 2018 Yasuwe: 1793 0

Peter Okoye yavuze icyakorwa kugirango P-Square yongere yumvikane

Peter Okoye umwe mu bagize P-Square yavuze impanga ye Paul iramutse iretse ingeso yo kumusuzugura n’umuryango we bakongera bagahuza bagashimisha abafana babo nkuko byahoze.
31 July 2018 Yasuwe: 968 0

Dore abakobwa bahungabanyije imbuga nkoranyambaga kubera amafoto bashyize hanze

Bamwe mu bakobwa bakomoka muri Afurika bashyize hanze amafoto yabo bambaye mu buryo budasanzwe benshi bahita bemera badashidikana ko uyu mugabane ufite abakobwa beza ndetse bunze ubumwe hagati yabo.
31 July 2018 Yasuwe: 7439 0

Mukobwa dore uburyo wakoresha kugirango ugire munda zeru

Mu gushaka kugaragara neza, kugira ubwiza ndetse no kuberwa, abantu benshi b’igitsina-gore bakoresha uko bashoboye ngo babe bashaka imyenda ituma batagaragaza ko bafite munda hanini, kuko kugira mu...
31 July 2018 Yasuwe: 20476 5

Abahanzi bagize The Mane bagiye guhurira mu gitaramo gikomeye i Kigali

Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha Kuri uyu wa Kane barahurira mu gitaramo cyo gusangira umuganura n’abakunzi babo ndetse no kongera gufungura akabyiniro ka Le Must Pub gaherereye mu Kiyovu.
31 July 2018 Yasuwe: 786 0

Corazon yongeye gushotora igitsina gabo n’amafoto yambaye ikariso n’isutiye[ AMAFOTO ]

Umunyamidelikazi Corazon Kwamboka yashyize amafoto ye kuri instagram yambaye isutiye ndetse n’ikarizo biteza benshi ururondogoro kubera bimwe mu bice by’ibanga yeretse abamukurikira.
31 July 2018 Yasuwe: 3772 0

Lava Lava yikubise hasi agwa igihumure nyuma yuko inkumi imusomye ku munwa [AMAFOTO]

Umuhanzi Lava Lava kuri ubu uri gufashwa na Wasafi Records ihagarariwe na Diamond yasomwe ku munwa n’umukobwa w’umufana we agwa igihumure.
31 July 2018 Yasuwe: 2125 0

Gisèle wamamaye kuri Instagram yarushinganye na Matic umwe mu bayobozi ba Rayon Sports [ AMAFOTO]

Tumukunde Gisèle, umukobwa wamamaye mu mashusho y’indirimbo akaba n’umwe mu bazwi cyane kuri Instagrammu Rwanda, yarushinganye na Nshimiyimana Emmanuel[Matic] uri mu bayobozi ba rimwe mu matsinda...
31 July 2018 Yasuwe: 4201 0

Umugore yataye umwana we ajya gusambana n’umumotari mu ishyamba

Mu gihugu cya Kenya umugore utuye ahitwa Eldama yahishe umwana we mu ishyamba ajya gusambana n’umumotari bakundana mu ibanga.
31 July 2018 Yasuwe: 6080 1