Sat B abinyujije mu ndirimbo ye nshya yakomeje ku buryo uwari umukunzi we yajyanwe n’abagabo b’abakire , gusa ashimangira avuga ko iyi ndirimbo ishingiye ku byabaye ku nshuti ye.
Kuri uyu wa Gatandatu hatowe ikiciro cya kabiri cy’inkumi n’abasore bagomba kwerekeza mu mwiherero wa Miss & Mister Elagancy Rwanda 2018 aho bazifatanya n’abatowe mu kiciro cyambere cyabaye...
Umupadiri witwa Jacques Lacroix yegujwe ku mubirimo we w’ubupadiri kubera gukubita umwana w’uruhinja urushyi mu gihe rwariraga mu muhango wo kubatiza abana.