Siriki na Souke bari bategerejwe mu Rwanda , ku munota wa nyuma batangaje ko batazaza kandi barishyuwe amafaranga ndetse baranohererejwe amatike y’indege.
Umuhanzikazi Yvonne Chaka Chaka yageze I Kigali aho yitabiriye igitaramo azafatanya na KNC mu kumurika alubumu ye yise Heart Desire kiraba kuri uyu wa Gatanu.