Abashakashatsi ku mitekerereze ya muntu bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagaragaje ko abagabo banyoye inzoga batita ku isura y’umugore ahubwo bamara umwanya munini birebera amabere n’ikibuno...
Mu dushya twaranze iki gitaramo harimo nko kuba uyu muhanzikazi yageze ku rubyiniro yambaye imyenda ikorerwa muri afurika ,ndetse harimo no kuba yaririmbanye n’umwe mubagab bafte ubugufi budasanzwe...