Byamenyekanye ko Koreya ya Ruguru irimo gukora ibisasu bishyashya nubwo yari yumvikanye na Perezida Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika ko itazongera gukora ibisasu.
Polisi ya Uganda yavuze ko nta muntu n’umwe ifata imuhora kuba Umunyarwanda cyangwa imuhoye ubwoko bwe ahubwo ko buri muntu itaye muri yombi aba akurikiranyweho ibyaha.
Abavandimwe ba Gen. Kale Kayihura n’ inshuti zabo zo mu karere ka Kisoro baburiye Perezida Museveni igaruka mbi za politiki zizamugeraho mu matora ataha ya Perezida naramuka akomeje aretse uwahoze...
Relatives and friends of Gen Kale Kayihura from Kisoro District have warned President Museveni of serious “political consequences” in the next general elections over the continued detention of the...
Ubukwe bwa Niyomugabo Thacien na Nyandwi Therese basengera mu itorero rya ADEPR ku Mudugudu wa Rugaragara muri Paruwasi ya Muramba mu Karere ka Rusizi bwabaye kimomo mu bitangazamakuru ko bwapfuye...
Umuvugizi w’urugaga rw’amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo, yavuze ko Jean-Pierre Bemba ashobora kutemererwa kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe mu...